Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
Umubyeyi w’uwahoze ari perezida wa Amerika George W Bush witwa Barbara Bush yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko nyuma yo kwanga gufata imiti ubwo yari...
US Secretary of State Mike Pompeo arrived in Pyongyang to prepare for historic talks between North Korean leader Kim Jong-Un and President Donald Trump.
Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
Iranian lawmakers burned an American flag and cried "Death to America" in parliament on Wednesday to protest President Donald Trump’s decision to withdraw from the multi-party nuclear...
Si ubwa mbere ifoto ya Brigitte Macron , umufasha wa Perezida Emmanuel Macron ikoreshejwe mu buryo budasobanutse gusa kuri iyi nshuro ababibonye baravuga...
Perezida wa Philippines Rodrigo Duterte w’imyaka 73 yibasiye Imana arayituka arayandagaza mu mbwirwaruhame ye ubwo yavugaga ku nkuru yo muri Bibiliya ivuga ku iremwa...
US Supreme Court Justice Anthony Kennedy is to retire, giving President Donald Trump the chance to cement a conservative majority on the top court.
The conservative has sided with liberals on...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Icyamamare mu mukino wa Basketball Lebron James yatangarije abanyamakuru ku munsi wejo ko perezida wa USA Donald Trump ari kwifashisha siporo kugira ngo acemo igihugu ibice ndetse avuga ko kuva...
Umukinnyi w’Umwongereza Wayne Rooney agiye kugura inzu y’akataraboneka ku kayabo ka miliyoni 12 z’amapawundi mu mujyi wa Washington, agomba kubanamo n’umugore we Coleen n’abana babo...
Inyubako ikoreramo Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ndetse akanayituramo we n’umuryango we, izwi nka ‘White House’ n’ubwo hari benshi bakunze kuyitiranya n’inzu yitwa ‘United States Capitol’...
Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni, ari ku mwanya wa gatanu mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bakurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Twitter, inyuma ya Nyakubahwa Paul Kagame w’u...
Icyihebe kitaramenyekana cyamishe amasasu mu bantu bari bagiye gushyingura umuraperi Nipsey Hussle, kuri uyu wa Kane,abantu batatu barakomereka umwe ahasiga...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, w’imyaka 43, niwe wamaze gutangazwa ko yatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel gitangwa na komite yo muri Norvege itanga ibi...
Umugabo wahawe izina ry’intwari iruta izindi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Robert James O’Neill nyuma wo kwivugana umuterabwoba Bin Laden yavuze ku itsinda ryishe Abū Bakr...