Abanyamerika bane n’ umunya Australia w’ umupilote bapfiriye mu mpanuka y’ indege yabereye mu isanteri y’ ubucuruzi i Melbourne mu gihugu cya Autralia.
Polisi yo muri iki gihugu yatangaje ko iyi...
Polisi y’u Rwanda yashyikirijwe abagabo babiri bari barahungiye muri Uganda nyuma yo gutoroka gereza, ikaba yarabakiriye ku italiki ya 21 Gashyantare ku mupaka wa Gatuna.
Abagaruwe ni Ndimubanzi...
Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona license ya FERWAFA imwemerera guhita atangira gukinira ikipe ya Rayon Sports ku mugaragaro.
Uyu musore yavuye mu ikipe ya APR...
Nyuma y’imikino 4 ikipe ya APR FC itabona amanota 3, izukiye kuri Mukura VS iyitsinda ibitego 3-2 ihita ifta umwanya wa mbere.
Ibitego bya Sibomana Patrick, Issa Bigirimana na Herve Rugwiro ku...
Abagabo bane bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gasaka, mu karere ka Nyamagabe bacyekwaho gushuka umwana wajyaga ku ishuri bakamwambura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20.
Ababifungiwe ni...
Buturaga wari ufite imyaka 35 y’amavuko, yagwiriwe n’ikirombe maze yitaba Imana, ubwo yacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko mu kagari ka Mubuga mu murenge wa Miyove mu karere...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Umunya-Nigeria Ibe Chid Andrew watozaga Sunrise FC kuva Shampiyona y’ umupiraw’ amaguru mu Rwanda yatangira atagira ibyangombwa...
Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo iby’ikoranabuhanga n’ibindi...
Ku ma sitasiyo ya Polisi atandukanye hafungiwe abantu batatu bakurikiranyeho icyaha cyo kugerageza guha ruswa abapolisi nyuma yo gufatirwa mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bose ku italiki 2...
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC mu umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, kuri uyu wa gatandatu ndetse n’ejo ku cyumweru imikino irakomeza.
Ikipe ya AS...
Mpayimana Obed w’imyaka 39 ukomoka mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kivumu nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano,...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe irimo gushakisha abaturage bakubiswe uwitwa Jean Bikorimana bivugwa ko yari avuye kwiba bikamubiramo urupfu.
Ejo ku wa Mbere ahagana mu ma saa...
Abagabo batandatu bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Muhoza mu karere ka Musanze nyuma yo gufatanwa ibikoresho bitandukanye by’amashanyarazi bibye mu minsi ishize.
Umuvugizi wa...
Ku italiki ya 11 Werurwe uyu mwaka, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yashyikirije moto ebyiri zibwe mu bihe bitandukanye ba nyirazo. Izo moto zarafashwe ku bufatanye n’abaturage, ubwo zabaga...
Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo, yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro ya magendu nyuma yo gushyiraho bariyeri ahitwa mu Kajevuba, mu murenge wa Ntarabana ku manywa yo kuri iki...
Abantu 18 barimo abagore 8 bakekwaho kuba abacuruzi b’ibiyobyabwenge bafatiwe mu mikwabu itandukanye mu karere ka Nyarugenge na Kicukiro beretswe itangazamakuru mu rwego rw’uko Polisi y’u Rwanda...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro ikomeje ibiganiro mu mashuri byo gushishikariza abanyeshuri gukumira no kurwanya ibyaha, inabakangurira kwibumbira mu matsinda yo kubirwanya.
Ni...
Mu karere ka Gicumbi, hafatiwe imodoka yari yuzuyemo ibiyobyabwenge n’izindi nzoga zitemewe zitandukanye ku itariki ya 15 Werurwe.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru Inspector...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu karere ka Nyagatare hafungiye abagabo babiri bacyekwaho kwiba moto y’ uwitwa Kabeza Feneas ukora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto nyuma yo kumuniga no...
Polisi ya Uganda yatangaje ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 22 Werurwe 2017, umugore w’ umuvugizi wa polisi ya Uganda Andrew Felix Kaweesi uherutse kwicwa yibarutse umwana w’ umuhungu.
Annet...