Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Gashyantare 2017, Perezida Paul Kagame yakiriye Vice-Perezida w’ u Buhinde Hamid Ansari wageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru mu...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi nawe yemeje ko kuva Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zaremeye ko zitagishoboye...
Perezida Kagame yavuze ko biteye isoni kuba igihugu cya RDC gikomeza gushyira u Rwanda mu majwi ko arirwo nyirabayazana w’umutekano muke mu burasirazuba bwacyo aho yashimangiye ko niba hari umuntu...
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el Sisi w’imyaka 66 y’amavuko yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda yabwiye ibitangamakuru byo muri kiriya...
Urugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu...
Perezida wa Repubulika yaraye yitabiriye umuhango wo gusoza iserukiramuco rya FESPACO ryaberaga mu mujyi wa Ouagadougou mu gihugu cya Burkina Faso aho yari kumwe na perezida w’iki gihugu Roch...
Perezida wa Kenya,Uhuru Kenyatta yatangaje ko yiteguye guhangana n’umuntu uwo ariwe wese urya ruswa mu gihugu cya Kenya niyo yaba ari umuvandimwe we bituma benshi bemeza ko yabwiraga Visi perezida...
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane Radio Rwanda yatangaje ko biteganyjwe ko Perezida Kagame azahurira na Perezida Museveni mu nama izabera I Luanda muri Angola ejo kuwa gatanu taliki 12/7/2019...
John Pombe Magufuli, umuhungu wavutse ku muhinzi-mworozi utifashije akaza kuba Perezida wa Tanzania mu mwaka wa 2015, yapfuye ku wa gatatu afite imyaka 61, leta itangaza ko yazize ibibazo...
Perezida wa Tanzania,Madamu Samia Suluhu yakiriye ubutumwa yohererejwe na mugenzi we Perezida Kagame yizeza ko imishinga ibihugu byombi bihuriyeho agiye...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni.
Perezida wa Repubulika y’u...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 13 Kamena yakiriwe mu biro bya Perezida w’ Uburusiya ’Klemlin’ na Perezida Vladmir Putin w’Uburusiya mbere y’uko yitabira umuhango wo gutangiza imikino...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, i Abidjan muri Côte d’Ivoire, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bambitswe imidali y’ikirenga na Perezida Alassane...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yaganiriye na Perezida Kagame ku byerekeye umupaka wa Gatuna ndetse ngo ibiganiro birakomeje ku buryo mu minsi iri imbere ikibazo cy’imipaka...
Benshi mu baturage bo muri Nigeria banenze perezida wabo Muhammadu Buhari wahaye umukobwa we indege ye akoresha mu ngendo ayijyana muri gahunda ze bwite mu gace kitwa...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kamena 2020,Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko uwari Perezida w’Uburundi Nyakubahwa Pierre Nkurunziza yatabarutse kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Kamena 2020 azize...
Uyu munsi nibwo habaye ya nama y’abakuru b’ibihugu yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi mu minsi ishize ariko ntiyaba kubera impamvu zitandukanye zirimo n’icyorezo cya...
Uhuru Muigai Kenyatta yavutse ku ya 26 Ukwakira 1961 ni umunyapolitiki wo muri Kenya akaba na Perezida wa Repubulika ya Kenya muri iki gihe. Yabaye Umudepite wa Gatandu y’Amajyepfo kuva 2002...
Umurambo w’uwahoze ari perezida wa Tchad, Idriss Deby, washyinguwe uyu munsi mu muhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu bagera kuri 12 bari i N’Djamena mu mihango yo...
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Sena y’u Rwanda,Hon Iyamuremye Augustin yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y’ u Burundi,Sinzohagera Emmanuel,bahuriye i Vienne muri Autriche mu nama yari yahuje...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe,Dr Pierre Damien Habumuremyi,wahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame,nyuma yo gufungwa azira gutanga sheke zitazigamiye, yasohotse muri Gereza yari amazemo amezi...
Perezida Paul Kagame aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeune Afrique, asubiza ibibazo bitandukanye ku ngingo zirimo ibivugwa ku Rwanda, ku karere na Afurika ndetse no ku buzima bwe bwite....