Umutoza Jose Mourinho yongeye kugaragaza agahinda gakomeye yatewe no kwirukanwa na Tottenham aho yayise ikipe ifite ’“icyumba kitarimo igikombe na kimwe.”
Abafana ba Manchester United bahawe impano ya Noheri hakiri kare nyuma y’uko Sir Jim Ratcliffe wari amaze igihe kinini ategerejwe kugura imigabane ingana na 25% abigezeho kuri iki...
Ikipe ya Liverpool ntizongera gutekereza kuri Xabi Alonso nyuma y’uko yiyemeje kuguma mu ikipe arimo ubu ya Bayer Leverkusen agiye no guhesha igikombe cya...
Intandaro y’iki cyemezo, nk’uko ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky byabitangaje ku mbuga nkoranyambaga, ni uburyo abasirikare b’Uburusiya barimo batera imbere ku rugamba mu karere ka Kharkiv, mu...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukina umupira w’amaguru mu ikipe ya Al Nassr, niwe waje ku isonga ku rutonde rwa Forbes rw’abakinnyi bahembwa menshi kurusha abandi ku isi,ibintu agezeho ku nshuro ya...
Ikipe ya Maroc yabaye ikipe ya 4 ya Afurika ibashije kugera muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsindira Espagne kuri penaliti 3-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza.
Muri uyu mukino...
Amakuru ava mu nkambi ya Koreya y’epfo nuko rutahizamu wayo Cho Gue-sung byabaye ngombwa ko azimya terefone ye kubera ko abakobwa bamumereye nabi bamusaba ko abarongora
Seo Jung-hwan, umwe mu...
Umutoza Otto Addo yeguye ku gutoza ikipe y’igihugu ya Ghana nyuma y’uko isezerewe mu matsinda y’igikombe cy’isi.
Addo, w’imyaka 47, wahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Ghana, mu kwezi kwa...
Cameroon yabaye ikipe ya mbere yo muri Afrika yatsinze Brezil mu gikombe cy’isi ariko ntacyo byayimariye kuko yahise iseererwa itarenze amatsinda.
Mu mukino wa nyuma wo mu itsinda G,ikipe ya...
Rutahizamu wa Uruguay, Luis Suarez yanze gusaba imbabazi ku mupira yakuyemo n’amaboko ubwo igihugu cye cyakinaga na Ghana mu gikombe cy’isi mu 2010.
Suarez yahawe ikarita itukura ku munota wa...
Ikipe ya Brazil yakiriye inkuru mbi ko kizigenza wayo Neymar Jr ashobora kudakina umukino wa 1/16 kubera imvune ye itarakira neza.
Byari byitezwe ko Neymar Jr asiba imikino 2 yo mu matsinda...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ari mu nzira zo kwerekeza mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arabia yiteguye kumuhemba miliyoni 200 z’amayero ku mwaka harimo umushahara,kwamamaza n’uduhimbazamusyi....
Amakuru aravuga ko Cristiano Ronaldo yahawe umushahara wa miliyoni 1.2 z’ama pound ku cyumweru kugira ngo ajye gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia nyuma yo gutandukana na Manchester United....
Ikipe ya Manchester United yatangaje ko yamaze gutandukana na kizigenza Cristiano Ronaldo nyuma y’ubwumvikane bw’impande zombi.
Man United ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko...
Rurangiranwa Cristiano Ronaldo yongeye guca agahigo, aba umuntu wa mbere ku Isi wujuje miliyoni 500 z’abamukurikira ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram.
Cristiano Ronaldo yamaganye imyifatire mibi n’ubunyamwuga buke by’abakinnyi bakiri bato ba Manchester United.
Mu kiganiro cye cyaciye ibintu kuri Talk TV,cyibanze ku ngingo nyinshi - zirimo...
Umutoza Erik Ten Hag biravugwa ko yabwiye Manchester United ko atifuza kongera kubona Cristiano Ronaldo akinira iyi kipe ukundi.
Ibi bije nyuma y’aho uyu mukinnyi aganiriye n’Umunyamakuru Piers...
Cristiano Ronaldo wari umaze igihe kinini ari "umwami wa Gym" muri Manchester United yatsinzwe na mugenzi we Casemiro wamuruhije gusunika ibiremereye.
Aba bakinnyi bombi bamaze igihe...