Mu minsi ishize nibwo urukundo rwari ruryoshye ndetse runashyushye hagati ya Miss Vanessa Uwase n’umusore bendaga kurushinga mu minsi ya vuba. Hagiye hagaragara amafoto atandukanye aba bombi bari...
Mu minsi ishize abafana ba Miss Vanessa bibasiye umukunzi we nyuma ya y’amajwi yagiye hanze ashinja umukobwa witwa Liliane gushaka gutwara Putin ari we umugabo w’ahazaza wa Miss...
Umuyobozi wa Korea ya Ruguru,Kim Jong Un yabwiye perezida w’Uburusiya Vladmir Putin baherutse guhura ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zifite umugambi ugayitse ndetse yemeza ko Koreya zombi zitabanye...
Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
Umubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu.
Ku wa Kabiri w’...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin...
Leta y’u Burusiya ibona igihe kigeze ngo yivugane Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, nyuma y’aho imushinje uruhare mu kigitero cya ‘drones’ ebyiri cyagabwe ku biro bya mugenzi we Vladimir Putin...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya arashinja Ukraine gutera ikiraro gihuza iki gihugu n’umwigimbakirwa wa Crimea bwafashe, avuga ko ari “igikorwa cy’iterabwoba”.
Putin yavuze ko intasi za Ukraine...
Mu rukerera rwo ku wa Kane tariki ya 24 Gashyantare muri uyu mwaka, mu ijambo Perezida Vladimir Putin yavugiye kuri televiziyo y’u Burusiya, maze atungura Isi, ahita atangaza ko atangije ku...
Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko igitero cy’Uburusiya kuri Ukraine "kiracyashoboka cyane", kandi ingaruka zacyo ku bantu zaba "mbi cyane".
Mu ijambo ryaciye kuri televiziyo mu gihugu,...
Perezida w’Amerika Donald Trump yibasiriye Vladmir Putin w’Uburusiya na perezida wa Syria Bashar al-Assad kubera urupfu rw’abanya Syria 70 bapfuye kubera ko Leta ya Syria yarwanye n’inyeshyamba mu...
Mu ijoro ryakeye nibwo Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Theresa May yatunze agatoki igihugu cy’Uburusiya ko ari cyo cyagize uruhare mu kuroga umugabo wahoze ari maneko wacyo mu minsi ishize kugira...
Kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubuholandi Halbe Zijlstra yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemera ko yabeshye ko yigeze kugirana ibiganiro/inama na Perezida Vladimir...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Vladimirovich Putin yahawe ikibwana cy’imbwa na mugenzi we Perezida wa Turkmenistan nk’impano y’umunsi w’amavuko Putin aherutse kwizihiza kuya 7 Ukwakira 2017.
Perezida...
Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
Yevgeniy Prigozhin ukuriye abacanshuro ba Wagner yanze ubusabe bw’uko abarwanyi be binjira mu gisirikare cy’Uburusiya, nk’uko Perezida Vladimir Putin abivuga.
Mu nama y’abakuru b’Uburayi, Amerika n’ihuriro OTAN i Bruxelles ba perezida Joe Biden, Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe Boris Johnson banze kuvuga icyo bakora mu gihe Uburusiya bwakoresha...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, ingabo z’u Burusiya zatangiye kurasa ibisasu ku Murwa Mukuru w’iki Gihugu Kyiv. Yasabye Abanya-Ukraine...
Miss Vanessa abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yanyomoje amakuru amaze igihe avugwa ko urukundo rwe na fiancé we rwazimye maze ashyira hanze ifoto ya fiancé we ayiherekesha amagambo agira ati:...