Umukobwa witwa Christelle yashyize amafoto ye hanze yambaye ubusa hose aryamye ku gitanda yambaye amapingu.
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki ya 5 Mata 2018 , ku mbuga za interinete...
Nizzo wo muri Urban Boy yavuze ko yifuza umukobwa bakundana nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we Umulisa Yvette.
Hashize iminsi Nizzo yaragiye muri Dubai mu kiruhuko aho yagaragaye ari kumwe n’...
Sex and the City actress Cynthia Nixon announced on Monday she will run for governor of New York, challenging incumbent Andrew Cuomo for the Democratic...
Amafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza ibitazibagirana mu nama ya AfCFTA yasojwe muri iki cyumweru ,amafoto agaragaza umuhanzi Mr Nice wageze i Kigali , umuhanzi Humble yageze i Kigali...
Benitha abinyujije kuri konte ye ya Instagram yasabye abantu bose kumuvaho bakamenya impamvu yamuteye gukora biriya.
Ku wa Gatatu taliki 21 nibwo kumbuga nkoranyambaga zitandukanye...
Vladimir Putin arahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora ya Perezida w’ Uburusiya ateganyijwe muri Werurwe 2018, bizatuma ahita yinjira mu bakuru b’ ibihugu bayoboye kuva kuri kimwe ¼ cy’...
Umuhanzi Safi Madiba yatangaje ko ikintu akundira Judith umugore we ari uko bahuza kuri buri kimwe , anavuga ko umusore umurinda amugenera amafaranga bitewe n’ uko nawe bamuhembye mu bitaramo...
Myinshi mu mijyi yo ku isi ikunze kwibasirwa n’abagizi ba nabi kubera ubwinshi bw’abantu baba bayituyemo ndetse n’ibikorwa biyikorerwamo byatumye abashakashatsi bakora urutonde rw’imijyi iberamo...
Humble yageze i Kigali ari kumwe n’ umugore we Amy Blauman ndetse n’ umwana wabo bibarukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Manzi James uzwi nka Humble Jizzo umaze amezi 3 muri Amerika...
Kuva ku itariki ya 26 Gashyantare kugeza ku ya 01 Werurwe 2018, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, habereye Umwiherero wa 15 w’Abayobozi. Uyu Mwiherero wayobowe na...
Ni Perezida w’ igihangange bigoye kubona yifotoje aseka, cyangwa agaragaza ibinezaneza ku maso, ayoboye kimwe mu bihugu by’ ibihangange mu Isi, Uburusiya. Mu gihe habura iminsi mike ngo Perezida...
Umukobwa kuri ubu utakibarizwa mu Rwanda wigeze kuvugwa mu rukundo n’ umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys ariwe Nizzo yashyize hanze amashusho agaragaza ari mu cyogero yambaye ikariso n’ isutiya...
Mu ijoro ryo ku wa 19 Gashyantare,2018 rishyira ku wa 20 Gashyantare,2018 nibwo hamenyekanye ko Muyoboke Alexis na kompanyi ye Decent Entertainment batakireberera inyungu z’itsinda Charly&Nina...
Abasirikare b’inzobere mu buvuzi bo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba biyemeje ko bagiye guhuza imikorere mu kunoza ireme ry’ubuvuzi muri aka karere.
Itsinda ry’aba basirikare...
Umuhanzi David D wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka Biryogo, Mariya kaliza, Go Down, Sweet Love, Hennesy aheruka gushyira hanze n’izindi zitandukanye kuri ubu yamaze gushyira ku rutonde rw’...
Umukinnyi Bizimana Djihad ukina hagati mu ikipe ya APR FC yatangaje ko umwuka mwiza uri mu bakinnyi ba APR FC ariwo uri gutuma abasha kwitwara neza ndetse akaba yaratsindiye iyi kipe ibitego 3...
Icyamamare mu muziki muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Rihanna,cyagaragaye kuri stade ya Emirates y’ikipe ya Arsenal ubwo iyi kipe yanyagiraga Everton ibitego 5-1 ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize....