Minisiteri ya Siporo yagaragaje ko guhera mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/24, hazatangira imishinga irimo kubaka stade zitandukanye hirya no hino mu gihugu zirimo iy’i Musanze n’i Nyagatare,...
URUKIKO RW’UBUCURUZI RURI KU CYICARO CYARWO, RUHABURANISHIRIZA IMANZA Z’UBUCURUZI RWAFASHE ICYEMEZO CY’AGATEGANYO MU RUBANZA RCOM 01284/2022/TC NONE KU WA 20/04/2023 MU BURYO BUKURIKIRA: ABABURANYI...
Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we wa Benin, Patrice Talon mu Biro by’Umukuru w’Igihugu, ahazwi nka Le Palais de la Marina.
Muri uru ruzinduko rw’iminsi ibiri,hasinywe amasezerano y’ubufatanye...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 18 yafatiwemo imyanzuro ikomeye izagirira igihugu akamaro nishyirwa mu bikorwa mu bice bitandukanye.
Muri iyi nama yabaye kuwa 27-28...
Ku wa Mbere, tariki ya 30 Mutarama 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Ni inama y’abaminisitiri ya...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ubwo yari mu kiganiro i Davos mu Busuwisi yabajijwe ikibazo n’Umunyarwandakazi Clare Akamanzi uyobora RDB,ku mpamvu igihugu cye...
Wode Maya umwe mu ba YouTubers bakomeye nyuma yuko ahishuye ko amashusho yafatiye mu Rwanda ari kurira ku muhande yamufashije kumenyekana ndetse ko ari amwe mu yamugize uwo ari we uyu munsi...
Berthold Kobby Winkler Ackon ukomoka muri Ghana wamamaye nka Wode Maya uri mu ba YouTubers bakomeye ku Isi, wigeze kugaragara yerekana isuku y’Umujyi wa Kigali ari kurira ku muhanda, yahishuye ko...
Bien-Aimé Baraza umwe mu bagize itsinda rya Sout Sol yahishuye byinshi yigiye ku Rwanda anavuga ijambo rikomeye yabwiye na Perezida Paul Kagame ubwo baheruka mu Rwanda mu muhango wo kwita izina...
Oluwatosin Ajibade wamamaye nka Mr Eazi uri mu bahanzi bakomeye muri Nigeria no muri Africa, ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports yiyongere mu baterankunga b’iyi kipe.
Ku mugoroba wo kuri uyu...
Mu birori byo kwizihiza imyaka 10 Inkomoko imaze benshi abayobozi baakuru b’ibigo bikomeye hano mu Rwanda bigaragaje mu kuvanga imiziki bishimirwa na benshi cyane ko bari bamenyerewe kugaragara...
Icyamamare mu mupira w’amaguru Didier Drogba ni umwe mu bazita amazina abana b’ingagi 20, mu muhango uzabera mu Kinigi ku wa Gatanu,tariki ya 02 Nzeri 2022.
Uyu mugabo wabaye icyamamare mu mupira...
Umuturage witwa Riberakurora Adolphe uvuka mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango,yaregeye Perezida Kagame ko hari uwitwaje ko bafitanye isano amutwarira umutungo.
Kuwa Kane w’iki cyumweru,...
Ku wa Gatandatu, tariki ya 18 Kamena 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 30 Mata 2022 Abakinnyi bakomeye mu ikipe ya Paris Saint Germain, Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Dlaxer bategerejwe i Kigali muri gahunda ya Visit...
Perezida Kagame ari kugirira uruzinduko rw’akazi i Brazzaville , aho yageze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata. Akazarurangiza ku wa 13 Mata...
Uyu munsi muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yahuye na Robert Pires na Ray Parlor bamamaye muri Arsenal n’imiryango yabo, ubwo basozaga urugendo rwabo Muri #VisitRwanda.
Aba banyabigwi ba...
Ahagana saa tatu z’igitondo kuri uyu wa Gatanu, umupolisi yagaragaye ku Gishushu iruhande rwa RDB mu karere ka Gasabo,afasha abaturage gusunika imodoka yari yapfiriye mu muhanda.
Nubwo abantu...
Inama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi tariki ya 28 Mutarama 2022,yemeje ko isaha abantu basabwa kuba bageze mu ngo ari saa sita z’ijoro mu gihe amakoraniro n’abafana ku bibuga nabyo byakomorewe....
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu Minisitiri Gatabazi Jean Marie Vianney yatangiriye mu Ntara y’Iburengerazuba,mu Karere ka Rutsiro, yasuye abanyeshuri biga ku Kigo cy’Ishuri ryo mu Murenge wa Kinihira,...