Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp yatangaje ko bifuzaga kugarura umukinnyi Philippe Coutinho ariko amafaranga baciwe na FC Barcelona yatumye batabibasha.
Mu masaha y’urukerera wo kuri uyu wa 22 Ukwakira 2019 nibwo umubyeyi tutaramenya amazina ye yabyaye umwana amujugunya muri ruhurura iherereye mu murenge wa Rwezamenyo, akagari ka Kabuguru ho mu...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Garore, yatangaje ko kuvugurura Gare ya Nyabugogo mu buryo bugezweho byatinze kubera ko ari umushinga munini ugomba...
Ibyavuye mu ibarura rusange riheruka gukorwa mu mwaka ushize, biteganyijwe gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gitaha, mu nama y’igihugu y’umushyikirano igiye kuba ku nshuro yayo ya...
Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...
Christopher Robert Evans w’imyaka 41 wamamaye mu gukina filime yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa...
Mu cyumweru gishize nibwo mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, hacicikanye amakuru y’umugore wari mu gikorwa cy’ibarura rusange, wariwe n’imbwa y’umukire wo witwa Kanani Jean Robert.
Ibi...
Bamwe mu baturage bakoresha gaz baratangaza ko babangamiwe n’itumbagira rya hato na hato ry’ibiciro byazo, Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere RURA rwo ruvuga ko ruri mu biganiro n’inzego zirebwa...
1.Indoro
Gerageza kureba mu buryo umuntu atabona ko ufite ubwoba cyangwa igihunga. Irinde guhumbaguza no kureba hirya no hino nk’aho hari ikintu urimo gushaka. Reba neza witonze. Indoro iri mu...
Urwego ngenzuramikorere, RURA, rwashyize ahagaragara imibare mishya yerekana ko Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) biciye muri Radio Rwanda na radio z’abaturage zigishamikiyeho, kiza ku isonga...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) rwashyikirije Polisi Sitasiyo ya Kinigi, abagabo umunani bashinjwa gutaburura imbogo yari yatabwe mu Murenge wa Musanze mu Karere ka...
Umuvugizi wa Rayon Sports FC, Jean Paul Nkurunziza, yakoze mu jisho ikipe ya Gasogi United aho yemeje ko iyi kipe ya KNC itari ku rwego rwo guhanganira umukinnyi na Rayon Sports ndetse avuga ko...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye inteko rusange ya FERWAFA,iberamo amatora ya Perezida w’iri shyirahamwe aho abakandida bari 2 mbere y’amatora ariko ku munota wa nyuma Rurangirwa Louis ahagarika...