Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cyitwa Free Super Tips ku makipe yose yo mu Bwongereza bwagaragaje ko ikipe ya Liverpool iri ku isonga mu kugira abafana bakurura abandi kurusha andi...
Mu Karere ka Muhanga, umugabo witwa Ntwari Jean de Dieu w’imyaka 34 y’amavuko yagwiriwe n’igikuta cy’amabuye ahubakwa Ruhurura mu Mujyi wa Muhanga ahita...
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yatangaje ko mu bakinnyi bose ikipe ye yatunze mu myaka yashize,uwmuha amahirwe yo kugira uwo agarura yazana Patrick Vieira wanayibereye...
Umuraperi wo muri Ghana witwa Reggie Rockstone yavuze ukuntu yahuriye n’umukobwa witwa Zilla Limann w’umwana wa 6 wa President Dr Hilla Limann wayoboye Ghana kuva mu mwaka wa 1979 kugeza 1981...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Nyakanga 2020,abagize umuryango wa Nyakwigendera Nkurunziza Pierre wari umukuru w’igihugu cy’u Burundi barimo n’umufasha we Denise Bucumi bagaragaye bari mu murima bari...
Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku kohereza Félicien Kabuga mu rukiko rwa ONU cyangwa se niba azaburanishirizwa mu...
Uyu munsi, Urukiko rw’Ikirenga rwa leta ya Colorado, mu burengerazuba bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika, ruratangira kuburanisha ubujurire mu rubanza rw’abaturage bashaka kubuza Donald Trump kwandikwa...
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier aratangaza ko politiki mbi y’urwango n’ingengabitekerezo ya jenoside idashobora kugaruka mu Rwanda kuko n’uwahirahira agerageza kuyigarura yatsindwa...
Umushumba Mukuru w’Itorero Imbaraga z’Imana mu Rwanda (The Power of God Church), Bishop Mukanziga Brigitte yavuze ko aterwa agahinda no kuba atazi aho abe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri...
RURA yasabye abafite imodoka zagenewe gutwara abantu mu buryo bwa rusange kuzigaragaza kugira ngo zihabwe impushya zo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali.
Mu itangazo uru rwego rwashyize hanze,...
Nyuma y’igihe gito umuhanzi uri mu bagezweho muri Tanzania wamamaye nka Harmonize asubiranye na Kadjara bari baratandukanye kuva basubirana urukundo rwabo rurasa nkaho aribwo rugitangira kubera...
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we Salva Kiir, i Juba muri Sudani y’Amajyepfo, mu biganiro bigamije gushaka uburyo impande zombie zahangana no kugarura amahoro n’umutekano mu...
Ku busabe bwa Leta ya Mozambique, kuri uyu wa Gatanu u Rwanda ruratangira kohereza muri iki gihugu abasirikare n’abapolisi bagera ku 1,000 mu Ntara ya Cabo Delgado, ikomeje kwibasirwa n’ibikorwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rutonde itsinda rito cyane ry’ibihugu birimo u Rwanda bikwiye gufasha kuvugurura Umuryango w’Abibumbye ashinjwa kuba ntacyo...