skol
Kigali

Search: Riderman (192)

Asinah watutse Nazil,Riderman n’abandi bakundanye yavuze icyabimuteye

Asinah Abinyujije mu ndirimbo ye yasubiyemo y’umuhanzi Kizz Daniel yise ‘Fvck you’ yibasiye abahanzi batandukanye bakora injyana imwe ya Dancehall barimo Mc Tino , Davy Ranks ,ndetse n’umuraperi...
5 April 2019 7184 0

Umugore wa Riderman yamubwiye amagambo adasanzwe yuzuyemo amarangamutima

Agasaro Farid Nadia na Gatsinzi Emery bamaze imyaka 3 basezeranye kubana akaramata ndetse kugeza ubu nta kibazo kiri mu rugo rwabo, ibi ni byo byateye Agasaro Nadia gutera imitoma umugabo we...
17 August 2018 2210 0

Asinah yasomeye umufana we wari ukomoje kuri Riderman (AMAFOTO)

Umuhanzikazi Asinah Erra umaze kumenyerwa na benshi mu njyana ya Dancehall yabuze umwifato ubwo umufana yamwibasiraga ku rukuta rwa instagram nawe amusubiza mu mvugo yuje umujinya n’uburakari....
25 October 2017 6449 0

Safi yavuze icyatumye ahitamo Riderman nka Parrain

Niyibikora Safi washakanye na Niyonizera Judithe yatangaje ko guhitamo Riderman ngo amubere Parrain yashakaga ko bagerana akamusobanurira icyo urugo ari cyo,n go nawe igifunguzo yagisigiye...
5 October 2017 5629 0

Hari abahanzi batatu Riderman aha amahirwe yo kuvamo umwe wegukana PGGSS7—

Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari abahanzi bagera kuri batatu aha amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Prims Guma Guma Super Star iri kuba...
22 June 2017 1511 0

Miss Agasaro Nadia yahase imitoma Riderman

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Werurwe 2020, umuhanzi Gatsinzi Emery wamamaye mu muziki Nyarwanda yagize umunsi w’amavuko aho yujuje imyaka 34 y’amavuko, umunsi ukomeye mu buzima bwe dore ko ariwo...
11 March 2020 1651 0

Miss Agasaro umugore w’umuraperi Riderman yavuze uburyo hari ibigerageza guca intege umubano wabo[AMAFOTO]

Uyu mugore Agasaro , ni rimwe na rimwe yandika ku mbuga nkoranyambaga usanga akenshi adakunze kugira ibyo atangaza ku mibanire yabo,gusa Miss Agasaro yaje kugaragaza amarangamutima ye ku rukuta...
17 August 2019 6279 0

Riderman iyo abonye umugore we yihutira kuvuga Amen

Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman, avuga ko iyo ari ku rubyiniro ashyigikiwe n’umugore we ari ibintu bimukora ku mutima, yabona umuburi we akavuga ’Alleluyah’. Ku cyumweru tariki 25...
27 December 2016 5033 0

Twigire ku mateka y’ahahise!Riderman yasabye abanyarwanda kwirinda icyabasubiza inyuma

Mu Gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange binjiye mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 umuraperi Gatsinzi Emery wamenyekanye nka Riderman yasabye abanyarwanda kwigira ku...
7 April 2023 397 0

Riderman yongeye gukora ikintu gikomye k’Ubisumizi nyuma y’imyaka 7

Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi ku izina rya Riderman, Mu gihe cya vuba agiye kongera gufungura imiryango ya Studio ye yitwa Ibisumizi yari imaze imyaka irindwi...
20 September 2021 960 0

Riderman yahaye ubutumwa bukomeye abahanzi bikuye mu irushanwa rya Salax Awards

Umuraperi Riderman wubatse amateka muri iyi njyana mu Rwanda, yanenze abahanzi bikuye mu irushanwa rya Salax Awards bagamije kuyica intege ndetse avuga ko nubwo hari amakosa mu kuyitegura ariko...
13 February 2019 1478 0

Riderman yateye ipfa bakunzi be mu gitaramo

Mu gitaramo cya ‘Mo Ibrahim Weekend’ cyatumiwemo Mr P na Sauti Sol Riderman yaririmbye indirimbo imwe ku rubyiniro ahita asezera.
30 April 2018 589 0

Ibitutsi, umujinya, gushinjanya ubusambanyi.., ishusho y’urukundo rw’ibyamamare n’inkumi

Masambo Nyangezi, umuhanzi w’umunyarwanda wabaye umusizi mu ngazo yihariye wakunzwe na benshi mu ndirimbo zikubiye ku mizingo itandukanye yashyize hanze, yanditse indirimbo yise ‘Mico Myiza’...
11 October 2017 6180 0

Riderman uri mu Bushinwa akihagera yatunguwe cyane n’imbaga nyamwinshi y’abashinwa batangariye umusatsi...

Mu mpera z’iki cyumweru gishize kuwa gatandatu taliki ya 08/07 2017 nibwo umuhanzi Gatsinzi Emery uzwi cyane nka Riderman yataramiye imbaga nyamwinshi mu bushinwa ariko ubwo yageraga muri iki...
11 July 2017 7897 0

Umuraperi Riderman yahamije Ruswa iri mu Itangazamakuru

Gatsinzi Emery benshi bazi nka Riderman uherutse kumurika Album yise ’Ukuri’, yahamije ko yatswe Ruswa n’umunyamakuru kugirango ibihangano bye bitambuke ku Nyakiramajwi [Radio]. Uyu muraperi...
4 January 2017 885 0

Neg G na Asinah bishyize hamwe maze bongera bihaniza Riderman ndetse banashotora Jay Polly nabahoze ari Tuff Gangz...

Umuhanzikazi Asinah Era wigeze no gukundana imyaka myinshi na Riderman yishyize hamwe n’umuhanzi nawe wamenyekanye cyane ku izina rya Neg The General nawe wahoze hamwe na Riderman muri Group imwe...
25 April 2017 5352 0

Intambara y’amagambo ivanze no kwandagazanya hagati ya Neg G na Asinah bapfa indirimbo iheruka kujya hanze bibasiramo Riderman...

Umuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho. Mu minsi ishize nibwo...
10 May 2017 5982 0

Meddy na Riderman bataramiye i Nyamasheke muri gahunda ya Airtel Muzika

Kuri uyu wa 30 Nzeri abahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda,Meddy na n’umuraperi Riderman bataramiye mu Karere ka Nyamashake. Ni muri Gahunga ya Airtel Muzika ihuriza hamwe abahanzi n’abafana...
30 September 2017 489 0

Knowless, King James, Riderman n’abandi bahanzi bashyigikiye umukandida wa RPF Inkotanyi

Amatora mu Rwanda niyo nkuru ibanza ku rupapuro rw’itangazamukuru muri iki gihe Abanyarwanda bategereje gutora Umukuru w’igihugu uzabayora mu myaka irindwi iri imbere. Yaba abakora Cinema,...
13 July 2017 2969 0

RUBAVU:The Ben, King James na Riderman bongeye gushimangira ubuhanga bwabo-AMAFOTO

RUBAVU-Kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Gashyantare 2017; King James, The Ben na Riderman bataramiye abakunzi babo mu buryo bukomeye aho igitaramo cyarangiye abafana bakinyotewe. Ni igitaramo...
4 February 2017 2140 0

Riderman yashyize ahagaragara amashusho y’Indirimbo ye Nshya "UBURYOHE" yafatiwe mu bwato(VIDEO)

Umuhanzi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “Uburyohe” amajwi y’iyi ndirimbo yatunganyirijwe muri Studio ya Monster Record naho amashusho yayo ayoborwa...
13 May 2017 1422 0

Asinah ngo yabonye umuzungu ugiye kumuhoza amarira yatewe na Riderman

Asinah yatangaje ko kuri ubu afite umukunzi w’umuzungu utuye ibwota masimbi.
9 August 2018 2850 0

Umuhanzikazi nyarwanda Asinah mu rukundo n’umukinnyi w’umunyamahanga ukina muri Rayon Sports[AMAFOTO]

Umuhanzikazi Asinah Erra wamamaye cyane ubwo yakundanaga na Riderman nyuma bakaza gutandukana ndetse akavuga ko Riderman yamusigiye igikomere ku mutima mu bijyanye n’urukundo yaciye amarenga ko...
15 March 2019 7946 0

Urutonde rw’abahanzi nyarwanda batunze imodoka utamenya irengero ryazo[AMAFOTO]

Mu myaka yashize bamwe mu bahanzi nyarwanda bagenderaga mu modoka nziza kandi zihenze gusa magingo aya bamwe batega moto iyo bagiye mu bitaramo batumiwemo ubu hakaba hibazwa aho izo modoka...
18 April 2018 5490 0

Ibyamamare bitandukanye byavuze amafuti yo mu buto bwabo yabashegeshe

Bamwe mu bahanzi nyarwanda ndetse n’abakinnyi ba filime bavuga ko hari ibyagiye bibabaho bakiri bato bikabasigira isomo rikomeye, abandi iyo babyibutse bariseka bikomeye bati ‘ukize ubuto...
30 December 2017 359 0

Asinah uvugwaho kwiyambika ubusa yavuze inkomoko y’iyo myambarire

Umuririmbyi Mukasine Asinah Erra uhatanye mu njyana ya Dancehall yatangaje ko imyambarire ye idakunze kuvugwaho rumwe na benshi ariwe uyihitiramo bitewe naho agiye. Asinah ni umwe mu bakobwa...
28 December 2017 1775 0

Ama G arishyuza umuhanzi wamwambuye akaba asigaye amwihisha

Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black yagaragaje agahinda afite nyuma yo kwamburwa amafaranga n’umwe mu bahanzi bakomeye batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star. Am G...
23 October 2017 1769 0

Ciney yavuze abahanzi batinze gushaka, anavuga icyatumye atabyara umwana hanze

Ciney uherutse kurongorwa , avuga ko mu bahanzi nyarwanda harimo abatinze gushaka ariko ngo benshi muri bo bamaze kubyara abana hanze, ngo Queen na Allioni cyangwa se Young Grace bakwiye...
22 July 2017 4897 0

Dore ibyamamare nyarwanda byarozwe hafi yo gupfa Imana igakinga akaboko

Ni kenshi cyane uzumva havugwa ko mu ruganda rw’imyidagaduro nyarwanda habamo amarozi ,ariko siko bose babyemera , hari ababyemera ndetse nabahuye nabo.
9 August 2023 1089 0

Umuraperi Rideman n’umufasha we bibarutse impanga

Umuhanzi ukunzwe cyane mu njyana ya Hip Hop Riderman n’umugore we Agasaro Nadia bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka abakobwa babiri b’impanga bavutse mu Cyumweru...
23 June 2021 2555 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180