Niyibikora Safi washakanye na Niyonizera Judithe yatangaje ko guhitamo Riderman ngo amubere Parrain yashakaga ko bagerana akamusobanurira icyo urugo ari cyo,n go nawe igifunguzo yagisigiye...
Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari abahanzi bagera kuri batatu aha amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Prims Guma Guma Super Star iri kuba...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Werurwe 2020, umuhanzi Gatsinzi Emery wamamaye mu muziki Nyarwanda yagize umunsi w’amavuko aho yujuje imyaka 34 y’amavuko, umunsi ukomeye mu buzima bwe dore ko ariwo...
Uyu mugore Agasaro , ni rimwe na rimwe yandika ku mbuga nkoranyambaga usanga akenshi adakunze kugira ibyo atangaza ku mibanire yabo,gusa Miss Agasaro yaje kugaragaza amarangamutima ye ku rukuta...
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman, avuga ko iyo ari ku rubyiniro ashyigikiwe n’umugore we ari ibintu bimukora ku mutima, yabona umuburi we akavuga ’Alleluyah’.
Ku cyumweru tariki 25...
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi ku izina rya Riderman, Mu gihe cya vuba agiye kongera gufungura imiryango ya Studio ye yitwa Ibisumizi yari imaze imyaka irindwi...
Umuraperi Riderman wubatse amateka muri iyi njyana mu Rwanda, yanenze abahanzi bikuye mu irushanwa rya Salax Awards bagamije kuyica intege ndetse avuga ko nubwo hari amakosa mu kuyitegura ariko...
Umuhanzikazi Asinah Era wigeze no gukundana imyaka myinshi na Riderman yishyize hamwe n’umuhanzi nawe wamenyekanye cyane ku izina rya Neg The General nawe wahoze hamwe na Riderman muri Group imwe...
Umuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho.
Mu minsi ishize nibwo...
Kuri uyu wa 30 Nzeri abahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda,Meddy na n’umuraperi Riderman bataramiye mu Karere ka Nyamashake. Ni muri Gahunga ya Airtel Muzika ihuriza hamwe abahanzi n’abafana...
RUBAVU-Kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Gashyantare 2017; King James, The Ben na Riderman bataramiye abakunzi babo mu buryo bukomeye aho igitaramo cyarangiye abafana bakinyotewe. Ni igitaramo...
Umuririmbyi Mukasine Asinah Erra uhatanye mu njyana ya Dancehall yatangaje ko imyambarire ye idakunze kuvugwaho rumwe na benshi ariwe uyihitiramo bitewe naho agiye.
Asinah ni umwe mu bakobwa...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black yagaragaje agahinda afite nyuma yo kwamburwa amafaranga n’umwe mu bahanzi bakomeye batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star.
Am G...
Ciney uherutse kurongorwa , avuga ko mu bahanzi nyarwanda harimo abatinze gushaka ariko ngo benshi muri bo bamaze kubyara abana hanze, ngo Queen na Allioni cyangwa se Young Grace bakwiye...
Umuhanzi ukunzwe cyane mu njyana ya Hip Hop Riderman n’umugore we Agasaro Nadia bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka abakobwa babiri b’impanga bavutse mu Cyumweru...