Nyuma yo gutangaza ko nta mpano abonamo Rihanna Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kwikoma uyu muhanzikazi, avuga ko atanejejwe n’igitaramo uyu muhanzikazi...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, umuhanzikazi Rihanna yagaragaye muruhame yambaye yikwije ubwo yari mu mihanda ya Los Angeles hamwe n’umukunzi we, A $ AP...
Umuhanzikazi Rihanna uherutse gutangaza ko atwite akomeje gutungurana mumyambarire idasanzwe aho usanga imyenda ye y’imbere iba igaragara mu mafoto ashyira...
Umuhanzikazi Rihana w’imyaka 32 y’amavuko, yafotowe asohoka muri resitora ya hoteri bita Giorgio Baldi, aho yari yagiye mu birori byo kumurika ibirungo by’ubwiza(makeup)gusa we ntabyo yari yisize...
Umuhanzikazi Rihanna uri mu bakundwa n’abagabo benshi ku isi kubera amafoto akunze gushyira hanze yambaye imyenda ishotora,yongeye kwifotoza yamamaza utwenda tw’imbere two kwambara ku munsi...
Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
Icyamamare mu muziki muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Rihanna,cyagaragaye kuri stade ya Emirates y’ikipe ya Arsenal ubwo iyi kipe yanyagiraga Everton ibitego 5-1 ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize....
Rihanna yahagaritse gukurikirana Jennifer Lopez ku rubuga rwa Instagram aramushinja kumutwara uwahoze ari umukunzi we, Drake.
Ibi bibaye nyuma y’uko ikinyamakuru Tmz cyanditse ko Drake ari mu...
Icyamamare mu njyana ya Pop na R&B,Rihanna yagartse ku rubyiniro nyuma y’imyaka 5 yarateye umugongo muzika aho kuri iki cyumweru yaririmbye mu gice cya mbere cy’umukino wa nyuma wa Super Bowl...
Umuhanzikazi Rihanna yatangaje ko ameze neza nyuma yo kugaragaza inda y’imvutsi atwite mu mafoto aherutse gufotorerwa ahitwa Harlem mu mujyi wa New York.
We n’umukunzi we atwitiye, A$AP...
Rihanna yasabye imbabazi avuga ko yababaje "abavandimwe b’abasilamu" kubera gukoresha indirimbo itavugwaho rumwe mu gikorwa kitwa Savage X cyo kumurika imideri ye y’udusamamagara (utwenda...
Umuhanzikazi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika wamenyekanye nka Rihanna yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram amashusho ari mu mirimo itandukanye aho yanerekanye bimwe mu bice by’inyuma...
Umuhanzikazi ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika Rihanna ntajya abura uko agenza ngo avugwe cyane mu bitangazamakuru, iyo ataremye inkundo za baringa, yiyereka abapaparazi mu buryo...
Donald Trump wabaye Perezida wa USA yibasiye cyane kizigenza muri muzika,Rihanna,avuga ko nta muhanzi umurimo.
Ibi uyu munyapolitiki yabikoze habura iminsi ibiri gusa kugira ngo Rihanna,akore...