Kabuhariwe Ronaldinho yatunguye isi yose ubwo yanyomozaga amakuru yo gukorana ubukwe n’abakobwa 2 ku munsi umwe,aho yavuze ko we nta gahunda yo gushaka afite,azakomeza kwibera...
Umunya-Brazil wabiciye bigacika muri ruhago, Ronaldinho yavuze ko atakwihandagaza ngo avuge ko Messi ari we mukinnyi mwiza w’ibihe byose kuko hari abamurusha.
Abona ko hari abakinnyi nka batatu...
Kabuhariwe Xavi Hernandez wahoze akinira ikipe ya FC Barcelona yavuze ko nubwo Messi ariwe mukinnyi w’ibihe byose mubo bakinannye ariko ngo na mugenzi we bakinannye Ronaldinho nawe ngo...
Rutahizamu w’ibihe byose w’ikipe ya Arsenal n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yatunguye benshi ubwo yavugaga ko umukinnyi yakunze kurusha abandi bose bakinannye ari umuholandi Dennis Bergkamp bakinannye...
Rutahizamu Lionel Messi,yatangaje ko akigera mu ikipe ya mbere ya FC Barcelona yakundaga cyane kabuhariwe Ronaldinho wamufashije kwisanga mu ikipe akiri umwana ariko ababazwa cyane nuko bahise...
Abanyabigwi ba Brazil Ronaldo na Ronaldinho benshi babafata nka bami ba ruhago, nyuma y’ikiganiro kitari gito kuri televiziyo ya Globo byarangiye bemeranyije ko Ronaldo ari we mukinnyi mwiza...
Abafana n’abaterankunga b’ikipe ya FC Barcelona batoye umukinnyi mwiza w’ibihe byose mu bakinnyi bose bayinyuzemo, Diego Maradona aba ari we uza imbere mu majwi nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi...
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea N’golo Kante ukundwa na benshi kubera ko yicisha bugufi ndetse akaba ari n’umuhanga bigaragarira buri wese,yabwiye abanyamakuru ko akiri umwana yakundaga...
Hirya no hino mu binyamakuru hari gucicikana urwandiko mourinho yandikiye abakinnyi be mu mwaka wa 2006 ababwira uko bagombaga guhangana n’abakinnyi ba FC Barcelona muri 1/16 cy’irangiza cya UEFA...
Abakinnyi bakomoka muri Brazil bakomeje kubura ababyeyi babo aho nyuma ya Ronaldinho watakaje nyina umubyara mu minsi ishize n’umunyezamu wa Liverpool,Alisson Becker,yabuze se umubyara warohamye...
Kizigenza CRISTIANO RONALDO yavuze ko Abanya Brazil bakoze amateka mu mupira w’amaguru Ronaldo na Ronaldinho yakuze abafata nk’icyitegererezo cye ariko ko yishimira ko yabaruhije ibikombe
Kimwe...
Umunya-Argentine Lionel Andres Messi ufatwa nk’umwe mu bakinnyi b’ibihangage ba ruhago isi yagize mu mateka yayo, yahishuye ko Umunya-Brazil Ronaldo Nazario ari we rutahizamu w’igihangage yabonye mu...
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...
Umunya-Argentine Lionel Andres Messi ukinira FC Barcelona yo mu gihugu cya Espagne, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umupira w’amaguru w’ikinyejana cya 21, ahigitse abarimo Cristiano Ronaldo bahora...
Kapiteni w’ibihe byose wa Liverpool,Steven Gerrard usigaye ari umutoza w’ikipe ya Rangers,yavuze ko mu ikipe y’abakinnyi 11 b’ibihe byose yahuye nabo atashyiramo Cristiano Ronaldo ngo kuko adakinana...
Ikipe ya Chapecoense yo muri Brezil, yahawe igikombe cya Copa sudamericana nyuma y’uko abakinnyi bayo bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye i Medelin mu gihugu cya Colombia.
Chapecoense...
Ku wa Kabiri tariki 23, Polisi yo mu Mujyi wa Madrid yatangaje ko yataye muri yombi abantu barindwi bakekwaho ibikorwa by’irondaruhu byakorewe Umunya-Bresil ukinira Real Madrid, Vinicius...
Rutahizamu Luis Nazario de Lima wabiciye bigacika mu makipe atandukanye ku mugabane w’I Burayi nka Inter Milan,FC Barcelona,Real Madrid n’izindi, yatangaje ko atifuza kubona umukinnyi Philippe...
Kizigenza Cristiano Ronaldo wa Juventus yahawe igihembo cya Golden Foot cy’umukinnyi mwiza urengeje imyaka 27 gitsindirwa inshuro imwe gusa.
Iki gihembo Ronaldo yahawe iki gihembo atsinze...
Umukinnyi Marcelo Aveiro wamaze kongera amasezerano azamugeza mu mwaka wa 2022 muri Real Madrid,yatangaje ko abakinnyi bakinannye abona bakomeye ari Cristiano Ronaldo,Ronaldinho bahuriye muri...
Umwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo...
Rutahizamu wa Real Madrid na Portugal Cristiano Ronaldo yongeye guhigika Lionel Messi yegukana igihembo cya FIFA gihabwa umukinnyi w’umwaka.
Ibi bibaye nyuma yo kwegukana umupira wa zahabu...
Uwahoze ari umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru ku isi,David Beckham w’imyaka 44 yatangaje ko Cristiano Ronaldo atagera ku rwego rwa Lionel Messi mu mupira w’amaguru aho yemeje ko nta mukinnyi...