Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nzeli ubwo hari hagiye kuba iburanisha mu rubanza ruregwamo Private Ngendahimana Bosco ukurikiranyweho kurasa abaturage mu ijoro ryo ku wa 10 Kanama. Uru rubanza rwari...
Kalisa Roger wari ushinzwe Imirimo rusange akegura ku kazi, yanenzwe n’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu kubera kwishyura nabi ba rwiyemezamirimo bakoreye akarere ndetse akurikiranyweho icyaha...
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu, ku gicamunsi cyo kuwa Gatatu yafashe Uwamahoro Didier w’imyaka 27. Yafatanwe udupfunyika 380 tw’urumogi yacuruzaga mu baturage, afatirwa mu murenge wa Rubavu mu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 20 Kanama, 2020,mu murenge wa Nyakiliba wo mu karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye aho ikamyo yagonganye n’imodoka nto yo mu bwoko bwa RAV4 abantu...
Kuwa mbere tariki ya 28 Nzeri Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe magendu y’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Tourmaline afatirwa mu rugo rwa Mukanoheri Beatrice w’imyaka 27 utuye mu karere...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gashyantare 2021 nibwo hamenyekanye ko imvura nyinshi yaraye iguye mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Ngororero yatumye umugezi wa Sebeya...
Kuri uyu wa Mbere, mu mujyi wa Rubavu amwe mu mashuri yongeye gufungura nyuma y’uko amwe n’amwe yari yafunze mu cyumweru gishize kubera gutinya imitingito yibasiye aka gace biturutse ku iruka ry’...
Mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Ugushyingo saa cyenda Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe, Turikumwenimana Alphonse w’imyaka 32,...
Hashize igihe kinini havugwa ko mu karere ka Rubavu, hagiye gutangira imirimo yo kubaka Gare [I Nyakabungo] ariko uyu munsi hamenyekanye igihe imirimo izatangirira n’igihe...
Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Rugerero wabaye tariki 03 Kamena 2022,habaye ikintu kidasanzwe ubwo Umutetsi wo mu kigo cya College Inyemeramihigo...
Umuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu...
Paul Kagame umukandida watanzwe na FPR Inkotanyi yakirirwe n’ibihumbi by’abatuye akarere ka Rubavu no mu nkengero zako bagera ku bihumbi 300 bari baje kumva imigabo n’imigambi azashingiraho muri...
Kuva ejo tariki ya 11 Nzeri 2017 mu karere ka Rubavu mu kagari ka Basa, abantu bataramenyekana bibye ibendera ry’igihugu, kugeza ubu babiri bamaze gufatwa mu gihe iperereza rikomeje.
Amakuru...
Umuyobozi w’akarere ka Rubavu,Habyarimana Gilbert yavuze ko abasore 3 barasiwe ku mupaka w’u Rwanda na RDC atari abo mu mutwe wa FDLR, ahubwo ari abashakaga kwambutsa magendu mu gihugu banyuze mu...
Abagabo n’abasore barindwi bakoraga mu mushinga wa Kivu Belt ucukura ‘Gaz Méthane’ mu Kiyaga cya Kivu bakoze urugendo rw’amaguru RWA KM 213 baturutse mu Karere ka Rubavu berekeza mu karere ka...
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bwabo bwanze ko bagurisha ibyo batunze kugira ngo birwaneho muri ibi bihe bibi bya COVID-19,aho bavuga ko umutungo w’umuntu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bumaze gufata abaturage 82 nyuma yo gusangwa mu bikorwa bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu,mu Murenge wa Gisenyi yafashe abantu 52 bishe amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 bari mu bikorwa byo kwidagadura birimo no kubyina...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjiye mu Karere ka...
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2023,inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu zarashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25, akekwaho ubujura...
Umwe mu batwara abagenzi kuri moto mu karere ka Rubavu witwa Majyambere Jean Bosco afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana akekwaho guha Umupolisi ruswa y’ibihumbi bitanu by’amafaranga y’u...
Nyuma yo gusura Akarere ka Rubavu, Perezida Kagame mu ruzinduko rw’ubukerarugendo, hahise hahagarikwa mu kazi mu gihe cy’amezi abiri abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ibiri n’uw’akagari...
Abuturage bafite ubwoba ko ikiraro cya Dobogo cyaridutse mu mezi arindwi ashize kitubatswe vuba cyakomeza guhitana abana bajya ku mashuri nk’ uko byagenze mu kwezi gushize kwa Nzeli 2017.
Iki...