Minisitiri w’Uburezi Dr Uwamariya yatangirije ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ku ishuri rya GS Nyagasambu,mu Murenge wa Fumbwe, Akarere ka Rwamagana.
Kuri uyu wa...
Oluwatosin Ajibade wamamaye nka Mr Eazi uri mu bahanzi bakomeye muri Nigeria no muri Africa, ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports yiyongere mu baterankunga b’iyi kipe.
Ku mugoroba wo kuri uyu...
Umutoza wa APR FC,Adil Erradi Mohammed yanenze urwego abakinnyi be bariho nyuma yo gutsindwa na Bugesera FC ibitego 2-1 batagerageje guhatana uko bikwiriye.
Ikipe ya Bugesera FC yatsinze APR FC...
Ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 ku munsi wa 15 wa shampiyona,iba inshuro ya mbere iyitsinze muri shampiyona y’u Rwanda
Abafana ba Rayon Sports babujijwe kwinjira muri...
Igitego cya Niyigena Clement ku munota wa nyuma w’inyongera cyahesheje APR FC intsinzi kuri Kiyovu Sports, ihita ifata umwanya wa mbere muri shampiyona,mu gihe Rayon Sports na AS Kigali zarangaye...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Ikipe ya APR FC yanyagiye Rutsiro FC ibitego 6-1 bituma ikomeza gushimangira umwanya wa mbere Muri shampiyona mu gihe Kiyovu Sports yatsinze Police FC yari imaze iminsi ihagaze neza.
Mu mukino...
Abaturage 15 bo mu Karere ka Kicukiro bahuye n’uruva gusenya nyuma yo kunywa ubushera mu bukwe bukabamerera nabi bigakekwa ko bwari bwahumanyijwe.
Aba baturage nabo mu Mudugudu wa Kagese mu...
APR FC yongeye guhagamwa na Gasogi United, zinganya ubusa ku busa mu mukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona.
Nkuko byagenze mu mukino uheruka kubahuza, Gasogi United yongeye guhagama APR...
Ikipe ya APR FC yabaye ikipe ya mbere yageze muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Marines 4-2 no kuyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 6-3 mu mikino yombi.
Marines FC yakiriye APR FC...
Kuri uyu waMbere tariki ya 22 Mata 2024,hamenyekanye amakuru avuga ko hari abacungagereza n’abayobozi babo batangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera ko bafungiwe ubusa mu gihe kigera...
Ku itariki ya 11 Mata mu 2024, ni bwo Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel, gufungwa imyaka itatu n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni...
Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya umusore Adrien Niyonshuti ukina mu ikipe ya Dimension Data ikina ku rwego rw’Isi yisubije agace ka shampiyona y’igihugu mu gusiganwa umuntu ku giti cye nyuma yo...
Abanyatanzaniya benshi bagamaganye ibiherutse gutangazwa na Perezida wa Tanzania John Pombe Maghufuli avuga ko abakobwa babyaye badakwiye gusubira mu ishuri.
Nyuma y’ uko ku wa Mbere w’ iki...
371 binjijwe mu rwego rwunganira uturere mu kubungabunga umutekano (District Administrative Security Support Organ (DASSO) nyuma yo gusoza amasomo ajyanye n’izo nshingano baherewe mu Ishuri rya...
Umutoza w’ikipe ya police Handball club Ntabanganyimana Antoine aratangaza ko ikipe ya Police FC igihe kigeze ngo irenge urwego rwo gutwara ibikombe mu Rwanda gusa no mu karere kuko ifite intego...
Mukasangawo Philomene mu mudugudu wa Karama, Akagali ka Bicumbi mu Murenge wa Mwurire, Akarere ka Rwamagana yemereye ubuyobozi bw’Umurenge wa Mwurire ko yaraye yishe umugabo we witwa Abdu...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...
Umukino ubanza wa 1/16 mu gikombe cy’Amahoro wahuzaga Rayon Sports na Rugende FC urangiye Rayon Sports inyagiye Rugende FC ibitego 9-0.
Ni umukino ikipe ya Rayon Sports yabanjemo ikipe umuntu...
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 17 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 12 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...