Abasore ba APR FC biteguye kuba basezerera ikipe ya Zanaco FC mu mukino wo kwishyura mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo CAF Champions League, ni nyuma y’uko umukino ubanza amakipe...
Pascal Nyamurinda wahoze ayobora Ikigo cy’ igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA/National ID Agency), yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali.
Ni mu matora yabaye kuri uyu wa 17 Gashyantare 2017,...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Butera Andrew arerekeza muri Maroc kuri uyu wa Gandatu kuvurirwayo imvune amaranye iminsi.
Ku isaha ya saa 16:00’ zo kuri uyu wa Gatandatu...
OCPD Lucas Ogara yavuze ko barekuye batatu muri barindwi bakurikiranyweho iterabwoba kuko babuze ibimenyetso
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Mombasa yarekuye abantu batatu bari...
Inkuru iri gucicikana mu bitangazamakuru bitandukanye ikanazengurutswa imbuga nkoranyambaga zitandukanye n’urukundo rw’umuhanzi Kitoko Bibarwa utuye mu Bwongereza uri mu rukundo n’umunyamakuru...
Umuririmbyi umaze gushinga imizi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bizimana Patient, atangaza ko kuri we atari ngombwa guhabwa umugabane ku maturo mu gihe cyose adakora akazi gahorora mu...
Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwubakwa mu murenge wa Nyundo mu karere ka Rubavu rumaze imyaka itatu rutaruzura nyamara ngo ubuyobozi bwari bwatangaje ko uru rwibutso ruzubakwa mu mezi...
Umunyamakuru akaba n’umu Dj, MC Anita Pendo, binavugwa ko atwite atangaza ko imyaka amaze kuri iyi Isi, yikoreye isuzuma bwite agasanga hari bamwe mu bantu baziranye bagiye bamugabaho ibitero...
Umunyamabanga w’ikipe ya APR FC Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade yamaze gutangaza ko umukinnyi Rwatubyaye Abdul wasinyiye imyaka ibiri Rayon Sports ari umukinnyi wa APR FC yatije mu ikipe yo muri...
Shampiyona y’ikiciro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 18 wa shampiyona ndetse n’umukino w’ikiriarane utarakiniwe igihe w’umunsi wa 16, Police FC iribukine na Rayon Sports, umukino uri...
Mu murenge wa Nyamirambo Akagari ka Mumena mu mudugudu w’ Akarekare ho karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali hagaragara ingo zimwe na zimwe zidafite ubwiherero n’ izindi zifite ubwiherero buteye...
Imikino ibanza(Phase aller) ya shampiyona ya Basketball isize ikipe ya Patriots BBC ariyo iyoboye n’amanota 17 nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya IPRC South amanota 84 kuri 78, mu mukino wabaye...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma avuga ko atazibagirwa kapiteni we Gangi wamuyoboye muri Rayon Sports, bitewe n’uburyo yari azi kubana na buri wese ndetse na bimwe mu byemezo yajyaga...
Byari byitezwe ko uyu munsi kuwa tariki ya 28 Gashyantare 2017 hari bube hakinwa imikino 2 y’ibirararane, APR FC yakiriye Gicumbi, mu igihe Police nayo iba yakiriye Amagaju. Gusa uwa APR na...
Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ikipe ya Rayon Sports igomba kwakiramo Espoir FC, umutoza wa Espoir ngo yiteguye gukorera agashya Rayon Sports...
Abasifuzi batatu bakomoka mu igihugu cya Cape Verde nibo bazayobora umukino ubanza wa 1/16 uzahuza Onze Createurs yo muri Mali na Rayon Sports yo mu Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF...
Indege ya Sosiyete y’ u Bwongereza British Airways yagombaga guhaguruka muri icyo gihugu yerekeza mu mujyi wa San Francisco mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yasubitse urugendo bitewe n’...
Umutoza Luis Enrique utoza ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yasezeye ku buyobozi bw’ iyo kipe, abakinnyi n’ abakunzi bayo avuga ko batazakomezanya umwaka utaha w’imikino.
Luis Enrique w’...
Ikipe ya APR FC nyuma yo gutsindwa na Gicumbi FC, mu masaha atarenze 48 iragaruka mu ikibuga ikina na Musanze FC mu umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
Kuwa...
Thomas Niyihaba wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murambi mu karere ka Karongi yaburiwe irengero nyuma yo gushinjwa gusambanya umukobwa w’umuDASSO amufashe ku ngufu.
Kuva mu...
Ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC igitego 1-1 mu umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’u Rwanda bituma iyi kipe ya APR FC iguma ku mwanya wa kabiri n’amanota 39 inyuma ya Rayon Sports ya...
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC mu umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, kuri uyu wa gatandatu ndetse n’ejo ku cyumweru imikino irakomeza.
Ikipe ya AS...