Mu ijambo perezida Paul Kagame yagejeje ku banyarwanda kuri uyu wa gatandatu tariki 4 Nyakanga 2020, u Rwanda rwizihiza ku nshuro ya 26 umunsi wo kwibohora yasabye abayobozi bakorera Leta na buri...
Umukinnyi wa filime muri Amerika Lupita Nyong’o aherutse kugaragariza isi ko atewe ishema no gusokoza amasunzu (insokozo)ikomoka mu Rwanda, ni mu gihe ibyamamare nyarwanda byo banyotewe no...
Nk’uko byakomeje guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga mu mpera z’icyumweru gishize, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko amasezerano ziheruka kugirana n’u Rwanda i Kigali ntaho ahuriye no...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021,abakobwa 20 bari mu mwiherero w’irushanwa rya Miss Rwanda 2021,basuwe na Amb.Masozera Robert Umuyobozi mukuru w’ Inteko...
Kuri uyu wa gatanu ubuyobozi bw’abafana ba Chelsea FC mu Rwanda bwamuritse ibikoresho bitandukanye bahawe n’iyi kipe yo mubwongereza murwego rwo kwereka abafana bayo baba mu Rwanda ko ibazirikana...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yahaye ibendera n’impano Miss Ingabire Grace ugiye guserukira u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2021...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP. John Bosco Kabera yasubije mu buryo bweruye ko nta bapolisi b’u Rwanda bari mu gihugu cya RDC nkuko abaturage bacyo baheruka gukora imyigaragambyo...
Abanyarwanda 31 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda saa kumi n’igice zo kuri uyu wa 15 Mutarama 2022, banyujijwe ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare. Bagizwe n’abagabo 22,...
Igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo cyemeje ko u Rwanda rushyigikiye inyeshyamba za M23, gifata umwanzuro wo guhagarika ingendo za Rwandair zerekeza mu gihugu cyabo.
Uyu...
Minisitiri w’Uburezi Dr Mutimura Eugene na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda Peter Vrooman basuye ibikorwa by’imishinga 3 igamije guteza imbere umuco wo gusoma no kwandika mu bana bato,iterwa...
• Tour du Rwanda izakoresha ingengo y’imari ya miliyoni 500 FRW
• Hagiye kujya hahembwa uwahatanye kurusha abandi
• Tour du Rwanda y’uyu mwaka niyo ya nyuma ibaye mu kwezi kwa...
Mu gihe habura iminsi 10 kugira ngo Tour du Rwanda itangire,Umuryango ukomeje kuganira n’abakinnyi batandukanye bazahagarira u Rwanda muri iri rushanwa aho kuri uyu munsi Ephrem Tuyishimire...
• Interpro Cycling Academy yamaze gusezera muri Tour du Rwanda kubera impanuka y’umwe mu bakinnyi bayo.
• Bike Aid yatangaje abakinnyi 5 izakoresha muri Tour du Rwanda barangajwe imbere na Nikodemus...
Prof Shyaka Anastase uyobora urwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu gutangiza kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi yatangaje ko kugeza ubu mu nzandiko zo gufata abaregwa Jenoside bagera...
Umusirikare mu ngabo za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Sergent Major Malanga Bombole wari umaze iminsi itatu afatiwe mu Rwanda, nyuma yo kwibeshya ku mipaka akisanga ku butaka bw’u Rwana...
Ihere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko mu gihe u Burundi bwakenera ko ibiganiro bikomeza, u Rwanda rwiteguye kubikora kuko ruhora rushaka ko ibibazo byarwo n’ibindi...
Uyu munsi nyuma y’iminsi 20 Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rutegetse ko umugambi wa leta y’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda unyuranyije n’amategeko, leta ya London izanye umuvuno...
Hashize amasaha make hatangajwe ubufatanye bwa VISIT RWANDA na African Football League,biravugwa ko ikipe ya TP Mazembe; imwe mu makipe azakina iyi mikino yatangiye yitwa Super League, yavuze ko...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...