Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yavuze ko ubuyobozi bw’u Rwanda bwashyizweho n’Imana kandi bukaba ari yo bukorera, bityo ko budashobora gutererana Abanyarwanda muri byose bahura...
Umunyarwanda, Philippe Mpayimana uba mu gihugu cy’u Bufaransa, yatangaje ko na we aziyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora azaba muri uyu mwaka wa 2017, kandi akaba aziyamamaza ku...
Polisi y’u Rwanda n’abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dominic Nic Ashimwe, aravuga ko kugeza ubu ataramenya neza akamaro ko gutora Nyampinga w’u Rwanda akanibaza inyungu Abanyarwanda bakura muri iki...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...
Umukobwa witwa Iradukunda Elsa w’imyaka 18 y’amavuko, ureshya na 1,76cm niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, mu ijoro ryo ku mugoroba wo ku wa Gatandatu rishyira ku cyumweru tariki...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa mu Rwanda rugaragaza ko rutazi neza niba gereza zo mu Rwanda zigira ubwishingizi. Ni mugihe amagereza ari zimwe mu nyubako za Leta, nyamara Leta...
Ku nshuro ya mbere indege yo mu bwoko bwa A330 yakiriwe mu Rwanda umwaka ushize n’Ikigo Nyarwanda gikora ubwikorezi bw’indege, RwandAir, izerekeza ku mugabane w’u Burayi mu mujyi wa Londres mu...
Nyuma y’uko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 23 Nyakanga 2018, mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, umusirikare yarashe umuturage agahita apfa,...
Ku nshuro ya gatatu mu Rwanda hagiye kuba amarushanwa azatoranwamo umusore n’umukobwa bahiga abandi mu bwiza no mu buhanga, igikorwa cyahawe izina rya Miss & Mister Elegance...
Urugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy’u Budage, avuga ko ari inkuru...
Umuhanzi Bebe Cool umwe mu bakunzwe muri Uganda yageze mu Rwanda aho azifatanya n’abafana be mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction kizaba kuri uyu wa Garanu taliki ya 30 Kamena...
The National U20 Junior Wasps have a mountain to climb in the return leg of the Africa U20 qualifies after losing 2-0 to Zambia yesterday at Kigali stadium.