Ukwezi kwa Kamena 2021 kwihariye 30% by’abanduye Covid-19 bose kuva iki cyorezo kigaragaye mu Rwanda kuwa 14 Werurwe umwaka ushize. Mu kwezi kumwe gusa abanduye bavuye ku 27,023 bagera ku...
Wari umunsi wa kabiri w’imikino y’akarere ka Gatanu yatangiye ku munsi wo ku wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 ikaza gusoza kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga aho U Rwanda rumaze gutsinda...
Nkuko byatangajwe na Komite Olimpike y’u Rwanda (RNOSC) kuri uyu wa gatatu binyuze mu itangazo basohoye u Rwanda rwongeye kugirirwa icyizere cyo kwakira indi nama mpuzamahanga aho rwatoranyijwe...
Diamond Platnumz uri mu bahanzi bubashywe muri muzika yakoreye igitaramo cy’amateka I Nyamata mu karere ka Bugesera, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya...
Perezida Kagame yatangaje ko hari ikipe ya gatatu ikomeye i Burayi iri kuganira n’u Rwanda ku buryo impande zombi zagirana imikoranire.
Mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu...
Umwongereza Ethan Vernon wa Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda nyuma yo gukoresha amasaha atatu, iminota 21 n’amasegonda 30 ku ntera y’ibilometero 132,9 kuva kuri Kigali...
Umwongereza Chris Froome wakuzwe na benshi muri Tour de France kubera ubuhanga bwe mu kuzamuka imisozi ya Alpes na Pyrenees,yageze mu Rwanda aho aje gukina Tour du Rwanda 2023.
Mu ijoro ryo...
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda, ko kuri uyu wa Gatatu abasirikare ba Congo barashe ku barinze umupaka bo...
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi...
Mu gihe u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bibanye nabi,umuhanzi uri mu bazwi cyane muri kiriya gihugu,Mohombi,yakwirakwije amakuru y’ibihuha ku mbuga nkoranyambaga ze.
Hari itangazo...
Igisirikare cya leta ya DR Congo cyatangaje ko “ku mpamvu z’umutekano” cyategetse ingabo z’akarere (EACRF) ziri muri icyo gihugu “gusubiza mu gihugu cyabo” ba ofisiye b’u Rwanda bari muri ‘état-major’...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda,yavuze ko ubutaha indege ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nihanurwa ntawe ukwiriye gutungurwa kuko iki gihugu cyahawe gasopo...
Guverinoma ya Congo yasohoye itangazor rivuga ko abasirikare bayo bakubise inshuro ingabo z’u Rwanda zabyutse kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 zijya gutanga umusada i Kitchanga.
Ibi yabivuze ubwo...
AS Kigali yaguze rutahizamu Aboubakar Djibrine Akuki wakiniraga Mukura Victory Sports. Yahise atangira imyitozo aho yakoranye na bagenzi be ku wa Kane tariki 19 Mutarama 2023 kuri Stade ya...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yashyize hanze imyirondoro y’abo yise abatasi b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo bakoranaga ngo binjiye mu mujyi wa Kinshasa binyuze mu muryango[ONG]...
Umwiza Phiona wabaye Igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2020 ari mu bahatanira umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ahagarariye...
Umuyobozi wa Sosiyete imaze imyaka irenga itatu mu bucuruzi burimo ubw’imodoka mu Rwanda, Tomtransfers, Munyaneza Thomas akurikiranyweho ibyaha birimo ubwambuzi bw’amafaranga agera kuri miliyoni...
Mu kiganiro Perezida w’u Burundi yagiranye na France24 na RFI yagarutse kuri byinshi birimo umubano w’u Rwanda n’u Burundi ndetse anavuga ku birego bishinja u Rwanda gukorana n’umutwe wa M23.
Ku...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu bavuga ko bizeye ingabo z’u Rwanda nyuma yuko hari undi musirikare bikekwa ko ari uwa FARDC wavogereye umupaka akinjira mu Rwanda...
Uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ambasaderi Claver Gatete,yatangaje ko uyu muryango ugiye gutangiza Umuganda ku isi nubwo usanzwe ari umwihariko w’u Rwanda.
Ibi yabitangarije mu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryageneye impano umunyabigwi Jimmy Gatete watsinze igitego cyagejeje u Rwanda mu gikombe cya Afurika 2004.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 16...
Abahanzi bakomeye muri Africa barimo Patoranking na Prayzah batunguranye bahamiriza Kinyarwanda mu mugoroba wo gusangira wahuje abitabiriye inama ya Youth Connekt Africa wabereye muri Kigali...
Abacuruzi bakorera ku mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, baravuga ko ubucuruzi bwabo bwongeye gusubira inyuma, nyuma y’ingamba zashyizweho zo kwirinda icyorezo cya Ebola kimaze iminsi...