Rutahizamu w’umunya Brazil,Rafael Jonathan da Silva yageze mu Rwanda uyu munsi Taliki ya 01 Ugushyingo 2018,aje gukinira ikipe ya Rayon Sports yamuguze akayabo k’ibihumbi 50...
Taliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na...
Djazila yavuze ko abashyinzwe gutoranye umukobwa uzahagararira u Rwanda muri Miss Supranational bari bamuzi neza ko yambara Bikini ngo kuko ngo bajya no kumusaba ko yahagararira u Rwanda...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko ashimishijwe n’ubufatanye bukomeje kuranga u Rwanda na Bank y’Isi mu gushaka icyateza u Rwanda binyuze mu guteza imbere...
Miss Umutoniwase Anastasie uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Earth 2018 riri kubera muri Phillipine nyuma y’igihe kirekire ahakana ko nta mukunzi afite, yeruye agaragaza umusore...
Perezida w’ u Rwanda akaba mugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego z’ ingabo, aho yohereje Brig Gen Francis Mutiganda, gukorera ku cyicaro...
Mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero harimo iya The Ben na Though Gang ,Meddy na Sauti sol , Mani Martin ft Sauti Sol, Buravan ft Sauti Sol , Charly na Nina ft Orezi...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida w’Intara ya Rhineland-Palatinat, Malu Dreyer, uri mu Rwanda mu rwego rwo kureba aho imishinga bafatanya n’u Rwanda igeze ishyirwa mu...
Imodoka ya Coaster yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare, Team Rwanda yari kumwe n’abo muri Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, bari mu irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya...
Bamwe mu bahanzi nyarwanda barashinja Zizou Alpacino kuzana ingeso yo gushishura nyum yuko indirimbo zitandukanye ziswe ko zashishuwe zakorewe muri studio ahagarariye ya Monster...
Minisitiri w’ Ibidukikije mu Rwanda akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Imibereho Myiza n’ Iterambere (PSD), Dr Vincent Biruta ntabwo yemeranya n’ abavuga ko mu burezi bw’ u Rwanda harimo...
Corazon Kwamboka umukobwa ukunzwe kubera uburanga bwe yagaragaye mu Rwanda kuri Hoteli ya Des Mille Collines aho yarari mu cyumweru cyo kwishimira isabukuru ye...
Umugabo ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda, ku wa Kabiri yiyahuriye muri kasho ya sitasiyo ya Polisi iherereye mu nkambi y’impunzi ya Dzaleka, mu Mujyi wa Dowa muri...
Nyuma y’uko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 23 Nyakanga 2018, mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, umusirikare yarashe umuturage agahita apfa,...
Ku nshuro ya gatatu mu Rwanda hagiye kuba amarushanwa azatoranwamo umusore n’umukobwa bahiga abandi mu bwiza no mu buhanga, igikorwa cyahawe izina rya Miss & Mister Elegance...