Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwategetse ko abantu 20 bo mu mutwe wa MRCD-FLN barimo na Paul Rusesabagina wari umukuru wa MRCD bahurizwa mu rubanza...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Zambia, Joe Malanji,Kuwa Kane tariki 16 Nyakanga 2020, waje nk’intumwa ya perezida Edgar...
Ibiro bya perezida wa Zambia byatangaje ko byababajwe no kumva mu binyamakuru ko Perezida Edgar Lungu yavuzwe mu rukiko rwo mu Rwanda ko yahaye ubufasha bw’amafaranga yo gukora ibitero ku...
Inyeshyamba ziyise National Liberation Force (NLF) ziyobowe na Paul Rusesabagina wavuze yarokoye abantu muri Jenoside Leta y’ u Rwanda ikamuvuguza zigambye ko arizo zagabye igitero mu murenge wa...
Blaise Compaoré wahoze ari Perezida wa Burkina Faso agiye kugezwa imbere y’urukiko akurikiranweho kwica Thomas Sankara nyuma yo kumuhirika ku butegetsi mu mwaka wa...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021, abantu 21 barimo Rusesabagina Paul wari umuyobozi wa MRCD, Nsabimana Callixte Sankara na Nsengimana Herman bari abavugizi ba FLN,bagejejwe imbere...
Ubushakashatsi bumaze iminsi bukorwa bwegeze ku musozo, aho bagaragaje ko Afurika yayoborwa na Paul Kagame iramutse ari igihugu nk’ibindi atari umugabane nk’uko bisanzwe.
Nyuma ya Sankara,...
Amerika yavuze ko yakiriye neza ifungurwa rya Paul Rusesabagina nyuma yuko mu 2021 yari yakatiwe gufungwa imyaka 25 ahamijwe ibyaha by’iterabwoba.
Mu butumwa bwo kuri Twitter, Minisitiri...
Ubushinjacyaha bwasabye ko Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda ruhuriza hamwe urubanza rw’abantu 20 bo mu mutwe wa MRCD-FLN barimo na Paul Rusesabagina wari...
Leta zunze ubumwe z’Amerika ihangayikishijwe n’igihano guverinoma y’u Rwanda yahaye Paul Rusesabagina, ufite uburenganzira bwo gutura muri Amerika bwemewe n’amategeko.
Ibi bikubiye mu itangazo...
Angeline Mukandutiye umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa bari kumwe...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina washinze umuryango wa MRCD (Rwandan Movement for Democratic Change),ugamije...
Abari muri dosiye imwe na Poul Rusesabagina nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida ,bashimye imbabazi bahawe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame biyemeza gukoresha ubuhamya bwabo mu...
Minisiteri y’Ubutabera yemeje ko Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana ‘Sankara’ bari mu bantu basaga 370 barekuwe kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Werurwe 2023,ku mbabazi za Perezida wa...
Leta y’u Rwanda iravuga ko yiteguye kujya kuburana mu rubanza ikirego umuryango wa Paul Rusesabagina watanze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Abawunganira batangaje ko kuri iki cyumweru tariki...
Nyuma yo kumva umwanzuro w’urukiko rw’ubujurire mu Rwanda wo kugumizaho igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe,Umukobwa we wavuze ko utatunguwe n’umwanzuro w’urukiko Rw’ubujurire...