Abakuru b’ibihugu bitandukanye bo muri Afurika barimo n’abahagarariye za guverinoma bateraniye i Harare mu murwa mukuru wa Zimbabwe,Harare, gusezera ku murambo wa Robert Mugabe wahoze ari...
Umuryango wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe wamaze kuva ku izima wemera ko uyu mukambwe uherutse gupfa yazashyingurwa mu irimbi ry’intwari mu murwa mukuru...
Perezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul...
Mino Raiola ushinzwe gushakira Paul pogba amakipe yatangaje ko umukiriya we atifuza kuguma mu ikipe ya Manchester united ndetse ngo iyi kipe ikwiriye kumureka akigendera muri iyi mpeshyi nta...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Itangazo rya cyamunara ryasohotse kuri uyu wa kane mu bitangazamakuru byo muri Zimbabwe riravuga ko imitungo y’uwahoze ari perezida w’iki gihugu,Robert Mugabe irimo imodoka 30 zirimo za Mercedes...
Koreya ya ruguru irashinja Leta zunze ubumwe za Amerika gukwirakwiza icyorezo cya Ebola ku Isi no gufata Afurika nk’ikibuga cyo gusuzumiramo iyi virusi imaze guhitana ubuzima bwabaturage benshi...
Ibiro bya perezida Vladmir Putin byatangaje ko uyu mukuru w’igihugu yitegura guhura na mugenzi we Kim Jong Un wa Koreya ya ruguru muri uku kwezi,ku nshuro yabo ya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iby’Indege za Gisivile, cyatangaje ko cyafashe umwanzuro wo gukumira mu kirere cy’u Rwanda indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 na Boing 737 Max 9 Max ziri gukemangwa...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya...
Raporo ya banki y’ isi yerekana uko ibihugu birushyanya korohereza abashoramari yashyize u Rwanda ku mwanya wa 29, nicyo gihugu gikennye kiza mu 100 bya...
Umugabo witwa Howard X ukomoka muri Hong Kong,usa neza nka perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru yatangaje ko amaze gusambanya abakobwa barenga 100 bamwitiranya n’uyu muperezida bakamuhigisha...
Kuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira...
The Ugandan government plans to have its first locally-assembled vehicle by 2020 under the multi-million dollar Kiira Electric Vehicle Project, a high ranking official said...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu wa 31 Gicurasi harimo uruzinduko rw’ Antonio Guterres muri RDC, Uruzinduko rw’ intumwa ya Kim Jong un muri US mu rwego rwo gutegura ibiganiro bizahuza Kim na...