Umukuru w’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya, Yevgeny Prigozhin, yabonetse mu ifoto i St Petersburg mu nama yo muri iki cyumweru y’Afurika n’Uburusiya.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza u Burusiya na Afurika, ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano ku bihugu bimwe na bimwe byo...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ yisanze mu Itsinda C ririmo Nigeria na Afurika y’Epfo mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na...
Raporo y’Umuryango wo mu Bwongereza ukusanya amakuru n’ubushakashatsi ku bikorwa by’ihohotera rikorwa n’igisirikare hirya no hino ku Isi (Action on Armed Violence), AOAV, igaragaza ko mu 2022 abantu...
Kuva kuwa Kane tariki 15 Kamena 2023, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri i Musanze hateraniye inama y’iminsi ibiri yiga ku Mahoro, Umutekano n’Ubutabera.
Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab urigamba kwica abasirikare 137 ba Uganda no gushimuta abandi benshi, nyuma yo kugaba igitero ku birindiro byabo mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Raporo y’uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku isi yashyize u Burundi ku mwanya wa 114 n’amanota 52.14%, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n’amanota 46.58% mu bihugu...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza Gen Muhoozi Kainerugaba,mu kumwifuriza isabukuru nziza y’imyaka 49 yujuje.
Ku cyumweru gishize nibwo Gen Muhoozi yageze mu Rwanda...
Alain Mukuralinda umuvugizi wungirije wa leta kuwa gatatu yabwiye BBC Gahuzamiryango ko abo bamwe ari abakozi b’Umuryango w’Abibumbye, abandi ari abikorera ku giti cyabo hamwe...
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango uhuza za guverinoma ugamije iterambere, IGAD, banzuye kohereza Perezida William Ruto wa Kenya, Salva Kiir wa Sudani y’Epfo na Ismail Omar Guelleh wa Djibouti muri...
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 49 muri Mata azabikorera i Kigali kandi ngo bizitabirwa na Perezida Kagame.
Abinyujije kuri Twitter, Gen...
Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2024,amarenga aragaragaza ko u Rwanda ruzakinira uyu mukino I Huye....
Repubulika ya Demokarasi ya Congo byabaye ngombwa ko iva mu irushanwa ryo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Africa cy’abatarengeje imyaka 17 kuko abakinnyi bayo 25 kuri 40 basanze barengeje...
Miss Mugabekazi Ndahiro Queen wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022, ni umwe mu nkumi 48 zituruka mu bihugu bitandukanye bya Afurika zigiye guhatanira ikamba rya Miss...
Minisiteri ya Siporo yabeshyuje amakuru avuga ko hari amakipe y’igihugu y’u Rwanda yananiwe kwitabira amarushanwa kubera amikoro.
Mu itangazo yageneye Abanyamakuru,MINISPORTS yavuze ko ibyavuzwe...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yandikiye ubutumwa bushimira Nyakubahwa William Ruto watowe nka Perezida mushya wa Repubulika ya Kenya.
Mu butumwa...
Haba ku bagenda n’amaguru, abari kuri moto cyangwa abahagaze mu modoka zirimo kugenda, bamwe mu mujyi wa Nakuru mu karere ka Rift Valley mu burengerazuba bwa Kenya ku wa mbere nimugoroba...
Icyamamare mu mukino wo kwiruka Mo Farah ari mu Rwanda, aho yitabiriye Marato Mpuzamahanga y’Amahoro (Kigali Peace Marathon) izaba ku Cyumweru tariki ya 29 Gicurasi 2022.
Mohamed Farah, wavukiye...