Ubuyobozi bwa CECAFA bumaze gutangaza uko amatsinda y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019 ahagaze aho ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe na TP Mazembe ndetse bazahura ku mukino...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri...
Abaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos...
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe ‘Englebert’ yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC,Sugira Ernest yatangaje ko muri iyi minsi atishimye kubera ukuntu yabuze ibitego muri iyi mikino ya CECAFA kandi amaze gukina imikino 3 yose iyi kipe...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe ibikorwa bya EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe yashyize hanze ifoto ya Meya w’Akarere ka Bugesera, Richard mutabazi ari gukina...
Mu ijoro ryakeye abandi bimukira 123 bagejejwe i Kigali mu Rwanda bavuye muri Libya aho bari bafungiye nyuma yo kubuzwa gukomeza bagana iburayi bambutse...
Impunzi zavuye muri Libya ziravuga ko kugera mu Rwanda kwazo byabaye nko kuva mu mwijima ujya mu rumuri. Ibi zirabivuga zihereye ku buzima busharira zabayemo mu nkambi zo muri Libya, nyuma y’uko...
Impunzi 117 zivuye muri Libya zageze i Kigali mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, aba bagize ikiciro cya gatatu cy’impunzi 500 u Rwanda rwemeye kwakira mu baheze muri...
Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2019 i Kigali hatangirijwe amahugurwa y’iminsi itanu y’abayobozi ba tekinike (Directeur Technique) n’abanyamabanga bakuru b’amashyirahamwe baturutse mu bihugu bitandukanye...
Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi RAB, kirasaba Abanyarwanda kuba maso no gutangira amakuru ku gihe mu gihe baba babonye ibihore bidasanzwe bisa n’ inzige kubera ko izi nzige zatangiye gusatira...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Burundi Bwana Deo Guide Rurema yatangaje ko ikibazo cy’inzige zikomeje kwibasira ibihugu byo muri EAC bo bakiboneye umuti kuko nizigera mu gihugu cyabo nta kindi...
Abayobozi bo muri Uganda batangaje ko inzige zo mu butayu zageze muri iki gihugu ku cyumweru ubu zimaze gukwira mu turere tubiri twa Uganda, leta yashyizeho abasirikari 2000 bo kuzihiga,...
Impunzi 33 zari zarazanwe mu Rwanda zivuye muri Libya, zikaba zari zimaze igihe ziri mu nkambi ya Gashora iherereye mu Karere ka Bugesera, zahavanwe kuri uyu wa kabiri zijyanwa mu bihugu bya Suède...
Umuryango Fondation Bill et Melinda Gates washinzwe n’umuherweBill Gates, watanze miliyoni 10 z’amadolari y’abanyamerika yo gufasha kurwanya inzige zihangayikishije Afrika yo munsi y’Ubutayu bwa...
Inyeshyamba ziyitirira idini ya Islam zivuga ko zirwana intambara ntagatifu, zafashe umwe mu mujyi y’ingenzi muri Mozambique, ni umujyi uri hafi y’aho kompanyi zo mu mahanga ziri gukora umushinga...