Brig. Gen. Leopold Kyanda wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka mu gisirikare cya Uganda (UPDF) yakuwe kuri uyu mwanya kuwa 20 Ukuboza 2016 nk’uko byatangajwe na Radio ndetse na bimwe mu...
Inama idasanzwe y’abayobozi ba Rayon Sports FC yanzuye ko Mugheni Fabrice na Munezero Fiston bababarirwa ku makosa bashinjwaga, ntibirukanwe ariko bo na Kwizera ndetse na Shasiir bagafatirwa...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabye ko nihagira ikibazo kiba kuri iki gihugu bizaryozwa abacamanza.
Ibi Perezida Trump abitangaje nyuma y’ aho umucamanza wo muri...
Akaduruvayo muri Libye, nyamara yari ibayeho mu kimeze nka paradizo ku bijyanye n’ubukungu igihe yari iyobowe na Muammar Gaddafi, ikoreshwa ry’ifaranga(CFA) rifite inkomoka mu Bufaransa mu buryo...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma avuga ko kuba hari bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe bahanwe nta gikuba cyacitse kuko nabo ari bantu kandi bakosa, ikingenzi ngo n’uko basabye imbabazi...
Ikibuga mpuzamahanga cya Kigali Kigali International Airport giherereye I Kanombe mu mujyi wa Kigali cyashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika y’ uburasirazuba n’ uwa kabiri mu bibuga by’ indege...
Nyuma yo kuva mu ikipe ya Rayon Sports atayikiniye umukino n’umwe kandi ayifitiye amasezerano y’imyaka 2, Rwatubyaye Abdoul yaba yagarutse mu ikipe ya Rayon Sports ndetse n’imyitozo yo ku munsi...
Rwatubyaye Abdoul nyuma yo gusesekara I Kigali avuye muri Turikiya gukora yo igeragezwa akaritsindwa, yatangiye imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports yagiye afitiye amasezerano.
Yari imyitozo ya...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...
Bakame nawe wahoze muri APR FC ari kumwe na Rwatubyaye
Nyuma y’uko yagiye rwihishwa nta n’umwe uzi aho agiye, havuzwe byinshi ndetse binavugwa ko kuba Rwatubyaye atarotse ikipe yahozemo ya APR FC...
Rayon Sports irakina umukino wo kwishyura mu mikino nyafurika ya CAF Confederation Cup na Wau Salaam yo muri Sudani y’Epfo yaraye igeze mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu ni njoro.
Ikipe ya Wau...
Urukiko rw’Ikirenga muri Kenya rwategetse Kaminuza yigisha iby’amategeko(Kenya School of Law (KSL) kwemera kwakira abanyeshuri bava mu bihugu bitanu byo mu karere birimo n’ u Rwanda.
Urukiko...
Shampiyona y’ikiciro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 18 wa shampiyona ndetse n’umukino w’ikiriarane utarakiniwe igihe w’umunsi wa 16, Police FC iribukine na Rayon Sports, umukino uri...
Ikipe ya Rayon Sorts irahaguruka mu Rwanda mu urukerera rwo kuri uyu wa Gatatu saa 1:45 za mu gitondo yerekeza muri Mali gukina umukino ubanza wa 1/16 na Onze Createurs muri CAF ConfederationCup....
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball Moise Mutokambali yizeye nta gushidikanya ko azahesha u Rwanda itike yo kujya muri Congo Brazaville mu imikino nyafurika ya AfroBasket.
Kuri uyu...
Ikipe y’igihugu ya Basketball itangiye amarushanwa y’akarere ka 5 itsinda Kenya amanota 76 kuri 60.
Udece tune tugize umukino wa Basketball twarangiye abakinnyi barimo Kenny Gasana na Shyaka...
U Rwanda rutsinzwe umukino wa kabiri mu itsinda rya mbere mu amarushanwa ya karere ka 5. Rukaba rwatsinzwe na Misiri amanota 83-71.
Ni nyuma y’uko rwari rwatsinze Kenya mu umukino ufungura...
Abakinnyi 18 ba Rayon Sports bagomba guhaguruka mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu berekeza muri Nigeria gukina na Rivers United mu mikino nyafurika bageze ahagaragara.
Ni umukino...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, yavuze ko mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ izabera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu muri Gicurasi...
Uwari umuyobozi w’ ingabo z’ umuryango w’ Abibumbye zari mu butumwa bw’ Amahoro mu Rwanda, Lieutenant General Roméo Dallaire yavuze ko kuba amahanga ataratabaye u Rwanda abona byatewe n’ impamvu...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Umuryango mpuzamahanga ushinzwe abimukira ku isi, OIM, uravuga ko abimukira bagera kuri 126 barohamye mu cyumweru gishize nyuma yaho ubwato bw’umupira bari barimo bwarohamiraga hafi y’inkombe...
Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’urwego rw’ubucuruzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hatangiwe inyigo yimbitse ku rwunguko rw’ubucuruzi ruva ku Rwanda, Uganda na Tanzaniya. Ibi bikozwe...