Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa bya kamarampaka ku itegekonshinga ry’ u Burundi (Activités relatives au Référendum de la Constitution du Burundi)....
Umukinnyi Nahimana Shassir uri kubica muri CECAFA iri kubera muri Kenya yatangaje ko azava muri Rayon Sports ari uko amasezerano ye arangiye cyane ko hari amakipe 2 akomeye muri Kenya yamubwiye...
Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
Ikipe y’igihugu amavubi inganyije na Libya 0-0 bituma isezererwa mu mikino ya CECAFA y’uyu mwaka yagiyemo mu rwego rwo gutegura imikino ya CHAN izaba umwaka utaha.
Nubwo Amavubi yagerageje...
None kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama...
Ikipe y’igihugu Amavubi yatangiye nabi imikino ya CECAFA 2017 aho yatsinzwe na Kenya ibitego 2-0, byose byabonetse mu gice cya mbere cy’umukino .
Ikipe ya Kenya yatsinze igitego cya mbere ku...
Umuhanzi wubatse izina Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzaniya yatangije umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda.Kuri uyu wa mbere ubu bunyobwa bukaba bwageze mu magaruriro akomeye azwi...
Umukinnyi Buteera Andrew ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya APR FC yamaze kongerwa mu mavubi azakina imikino ya CECAFA izatangira ku I taliki ya 03 Ukuboza 2017,ubwo Amavubi azaba akina na Kenya....
Irene Pancras Uwoya wamamaye nka Oprah ari kumwe na nyina ndetse n’umwana babyaranye na Ndikumana Hamad Katauti baraye bageze i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ugushyingo...
Irene Pancras Uwoya wamenyakanye nka Oprah muri filime yahuriyemo na Kanumba yageze mu Rwanda mu mujyi wa Kigali mu masaha ya mugitondo kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2017 aje kwifatanya n’umuryango...
Indege yagenewe gutwara Perezida w’ u Burundi igiye kumara umwaka iparitse ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Bujumbura.
Hari ubwoba ko nta gikozwe iyi ndege yakomeza kwangizwa n’ umugese,...
Umuririmbyi Safi Niyibikora Madiba wari umaze iminsi muri Tanzania atunganya indirimbo ahuriyemo na Ray Vanny muri Studio ya Wasafi yamaze kugaruka mu Rwanda aho yageze kuri uyu wa 13 Ugushyingo...
Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli na Perezida Museveni wa Uganda bamaganye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ku kuntu rwemeye ko haba itohoza kw’ihoterwa ryakorewe mu Burundi.
Umukuru...
Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yirukanye abayobozi babiri nyuma y’ uko ababajije amafaranga guverinoma izakoresha mu kubaka imihanda mu turere bayoboye bakamubwira ko batayibuka....
Humble Jizzo umwe mu basore batatu bari bagize itsinda rya Urban Boys yatangaje ko Safi Madiba yasezeye kuri iri tsinda rimaze imyaka icyenda rikora umuziki.
Safi Madiba uherutse gusezerana n’...
Kenyatta yatowe kuri 98%
abaguye mu myigaragambyo ni bane
Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
Amatora yitabiriwe na 40%
Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari...
Zari yaciye amazimwe ku byari bimaze iminsi bivugwa ku mibanire ye na Diamond itameze neza muri iyi minsi, aho bamwe bemezaga ko aba bombi baba baramaze gutandukana ariko yatangaje ko we n’umugabo...