Umutoza w’ikipe y’igihugu “Amavubi”Mashami Vincent yatangaje ko mu mikino 2 ya gishuti akinnye na Congo Brazzaville imuhaye ishusho nyayo ndetse agiye gutegura neza mbere yo guhura na Uganda mu...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru “Amavubi”yasoje imikino ya gicuti yo kwitegura CHAN 2020 itsindwa na Congo Brazzaville igitego 1-0 mu mukino wa kabiri amakipe yombi yakinnye wabereye kuri Stade...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Mashami Vincent yavuze ko n’ubwo bivugwa rutahizamu wa Saint Etienne, Kévin Monnet-Paquet ashobora kutitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu ariko we akimutegereje...
Nubwo mu busanzwe akenshi dupfa kurya uko tubonye, ariko burya umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri...
Rutahizamu Sugira Ernest wari intizanyo ya APR FC muri Rayon Sports, yamaze gusinyira iyi kipe ikunzwe mu Rwanda amasezerano y’umwaka umwe wiyongeraho undi yari afitiye APR FC ziba imyaka...
Kuwa Gatandatu tariki ya 12 Nyakanga 2020, umugabo witwa Nsabimana Innocent utuye mu Murenge wa Muhima w’Akarere ka Nyarugenge, yamennye ibiryo bishyushye bivuye ku ziko ku mutwe w’umugore we...
Perezida Ibrahim Boubacar Keita wa Mali yaraye atangaje iseswa ry’urukiko rw’itegekonshinga, mu kugerageza guhosha imidugararo yiciwemo abantu bane mu myigaragambyo yabaye ku wa...
Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Mujyanama Fidèle wari kapiteni w’ikipe ya HeroesFC yaguze 3 000 000 FRW ngo asimbura Rutanga Eric na Irambona Eric...
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Nyakanga 2020,Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije abakinnyi babiri bahoze bakinira ikipe ya APR FC barimo umunyezamu Kwizera Olivier na...
Perezida John Magufuli wa Tanzania uyu munsi yavuze ko ari guteganya kohereza indege muri Madagascar gufatayo umuti wo mu byatsi Perezida wa Madagascar aherutse kuvuga ko "urinda ukanavura"...
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Umugabo w’imyaka 50 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubudage wari uri kuvurwa coronavirus mu Misiri ni we muntu wa mbere yishe utangajwe ku mugabane w’Afurika.