Abasesenguzi batandukanye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, basanga byinshi Perezida Donald Trump yavugiye mu kiganiro Fox & Friends cyamaze iminota 53, kuri uyu wa Gatanu asubiza ibibazo...
Inteko y’abacamanza yahamije Donald Trump ko yakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina umwanditsi w’ikinyamakuru, mu iguriro riri i New York mu myaka ya 1990.
Gusa Trump ntabwo yahamwe no gufata...
Mu 2000 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Howard Stern hashize imyaka itatu gusa igikomangoma cy’Ubwongereza ‘Lady Diana’ yitabye Imana....
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Ikiganiro mpaka cy’abakandida mu matora ya perezida wa Amerika cyabereye mu mujyi wa Cleveland muri leta ya Ohio hagati ya Perezida Donald Trump na Joe Biden cyaranzwe n’akajagari, guterana...
Hirya no hino ku isi by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga hari gucaracara amashusho ya Melania Trump ari kwiyaka umugabo we Donald Trump usanzwe ayobora US nyuma y’ikiganiro mpaka cyabaye mu ijoro...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuzweho gukunda abakobwa bakiri bato, ibi ariko ntibikuraho ko ajya anyuzamo akavuga nabi igitsina gore.
Aya mafoto agaragaza uburyo...
Abakinnyi 3 ba filimi z’urukozasoni batangaje ko bababajwe no kuba perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yarihakanye umwe muri bagenzi babo bakoranye imibonano mpuzabitsina,ndetse...
Umugore witwa Karen McDougal wahoze akora akazi ko gusohoka mu binyamakuru yambaye ubusa yavuze ukuntu yasambanye na perezida wa USA Donald Trump ndetse avuga n’akari imurori benshi bifata ku...
Umugore wa Perezida wa USA Donald Trump witwa Melania Trump ari mu bitaro byitwa Walter Reed National Military Medical Center aho ari kuvugwa uburwayi afite bw’impyiko,abaganga bavuze ko...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, James yavuze ko Bwana Trump abiba amacakubiri ndetse akaba yaratumye abagendera ku irondabwoko bumva bashyigikiwe.
Mu kumusubiza, Bwana Trump yashidikanyije ku bwenge...
Umuvugizi mu biro bishinzwe kuvugira Leta Zunze Ubumwe za Amerika Nancy Pelosi akaba ari we mugore wa mbere wicaye kuri uyu mwanya, muri iki cyumweru niho ageza k’umuyobozi mukuru wa Sena Mitch...
Perezida wa USA Donald Trump ashobora kuba ari mu minsi ya nyuma muri white House nyuma y’ibyatangajwe n’uwahoze amwunganira mu mategeko Michael Cohen, wemeje ko Donald Trump yamuhaye amafaranga yo...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald yasabye Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May kwita ku iterabwoba aho kumwitaho.
Ni nyuma y’ uko Perezida Trump akwirakwije amashusho atatu...
Nyuma y’uko Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, amaze iminsi avugwaho kuba ashobora kweguzwa n’inteko ishingamategeko ya Amerika, abanyamategeko be bagaragaje ko ibi ari...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko, nk’uko byagarutsweho n’ibinyamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku Isi. Ni ubwa mbere mu mateka, umuntu wayoboye...
Ivana, wigeze kuba umugore wa Perezida Donald Trump agiye gushyira ahagara igitabo kivuga kuri amwe mu mabanga ya Perezida Trump n’ abana be.
Muri icyo gitabo uyu mwanditsi azagaragaramo ubuzima...
Igihugu cy’ u Burusiya cyemeje amakuru avuga ko cyaganiraga na Donald Trump ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ariko Trump we akomeje kubihakana avuga ko ntacyo yari kuba...
Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
Ku kibazo cy’ abimukira, Ivanka Trump, umukobwa wa Donald Trump yagaragaje ko atemereranya na se. Mu nama yabereye i Washington, iyi mfura ya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ’n’ uburakari...
Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
Perezida Donald Trump avuga ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Joe Biden akaba yamubera visi perezida "atujuje ibisabwa" byo kuba visi...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko kuri uyu wa Kabiri, asubiza ku byaha ashinjwa birimo impapuro mpimbano zishingiye ku mafaranga yishyuye umugore...