Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe za Amerika.
Umuraperi Clifford Harris uzwi nka TI yibasiriye umugore wa Donald Trump,Melania,ubwo yashyiraga hanze amashusho yamamaza indirimbo ye yitwa Dear 45, I Ain’t Kanye,yagaragayemo umugore usa na...
Umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri iyi minsi ari mu ruzinduko muri Afurika aho azenguruka mu bihugu bya Afurika birimo Ghana, Kenya, Misiri na Malawi. Uyu mubyeyi akunze...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yanditse mu gitabo cye ko igitsina cya Donald Trump baryamanye mu mwaka wa 2006 giteye nk’agapupe (tintin) kitwa Toad gakina mu mikino ya Video yo...
Melania Trump, umugore wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko ateganya kugirira uruzinduko ku mugabane w’Afurika muri uyu mwaka wa 2018 nubwo bwose bitazwi neza aho...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
Umuturirwa wa perezida wa USA Donald Trump uherereye mu mugi wa Baku muri Azerbaijan wafashwe n’inkongi y’umuriro,abashinzwe kuzimya umuriro baratabara.
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni witwa Stormy Daniels yatangaje ko afite amafoto ya perezida wa USA Donald Trump yambaye ubusa ndetse agiye kuyashyira hanze,mu rwego rwo kumwihoreraho kubera ko...
Steve Bannon, watanze ubuhamya mu gitabo rutwitsi kivuga kuri Perezida Donald Trump, yahinduye imvugo ashaka kugaragaza ko uwacyanditse yagoretse ibyo yamubwiye.
Igitabo ‘Fire and Fury : Inside...
Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu muhango w’irahira rya Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, maze...
Perezida wa Leta zunze ubumwe Amerika Donald Trump kuri uyu wa 18 Gashyantare yongeye kunengera mu ruhame itangazamakuru atanga n’ ingero z’ abandi ba Perezida ba Amerika banenze itangazamakuru....
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yashinje uwo yasimbuye, Barack Obama kumwumviriza kuri telefone ngo akaba yarabikoze mu minsi mike mbere yo gutsinda amatora kwe.
Mu...
Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika agomba gukurikiranwa ku cyaha cyo gusebya E. Jean Carroll,...
Mike Pence wahoze yungirije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yeruriye Donald Trump mu buryo butigeze bubaho, amubwira akari murori ubwo yatangiraga kwiyamamariza amatora ya...
Ubushinjacyaha bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwamenyesheje Donald Trump wahoze ayobora icyo gihugu ko ari gukorwaho iperereza rishobora gukurikirwa n’ikirego, ku nyandiko z’amabanga ya Leta...
Urwego rw’iperereza ry’imbere muri Amerika (FBI) rwafashe inyandiko z’ibanga rikomeye mu gusaka rwakoze muri iki cyumweru mu nyubako y’i Florida ya Donald Trump wahoze ari Perezida w’iki gihugu,...
Umugore wa mbere wa Donald Trump,wahoze ari Perezida wa Amerika ariwe Ivana Trump yapfuye ku myaka 73 y’amavuko.
Bwana Trump wahoze ari perezida yavuze ko uyu Ivana yapfiriye iwe mu mujyi wa New...
Icyamamare mu bya sinema akaba abarizwa no muri politike Arnold Schwazenegger yanenze bikomeye perezida Donald Trump ucyuye igihe aho yatangaje ko ariwe perezida wabayeho mubi iki gihugu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Donald Trump yatangaje ko tariki 20 Mutarama 2021 atazitabira umuhango w’irahira rya Joe Biden uherutse gutorerwa...
Perezida wa Amerika Donald Trump yababariye uwahoze ashinzwe ibikorwa bye byo kwiyamamaza Paul Manafort, uwari umujyanama we Roger Stone ndetse na ba mwana we (se w’umugabo w’umukobwa...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ku nshuro ya mbere kuri iki Cyumweru asa n’uwemeye ko umudemokrate Joe Biden “yatsinze” amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu byumweru 2 bishize...
Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka yavuze ko izahindura uko bizajya bikorwa kugira ngo ibiganiro bibiri bisigaye hagati ya Donald Trump na Joe Biden ntibizabe nk’igiheruka...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Joe Biden bahatanye wo mu ishyaka ry’abademokarate, bateranye amagambo ku bikorwa by’urugomo byabereye mu myigaragambyo mu mujyi wa Portland...
Urubuga rwa Facebook na Twitter zafatiye ibihano Perezida Donald Trump kubera gutangaza amakuru y’ikinyoma kuri Coronavirus, aho yavuze ko abana bafite ubudahangarwa bwinshi kuri iki...
Inyandiko nyinshi n’amatangazo byerekeranye no kwiyamamaza kwa Donald Trump mu matora y’umukuru w’idihugu yasibwe kuri Facebook kubera ko yagaragazaga ikimenyetso cyakoreshwaga n’Abanazi, mu...
Undi wahoze ari umusirikare mukuru mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamaganye igikangisho cya Perezida Donald Trump cyo gukoresha ingabo mu gusoza imyigaragambyo yatewe n’urupfu...