Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Umukazana wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma y’uko afunguye ibaruwa yari igenewe umugabo we bicyekwako yarimo uburozi.
Uyu mugore...
Bimwe mu byamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byababajwe n’amagambo ya perezida wa USA Donald Trump wise ibihugu by’Afurika na Haiti imisarani ndetse bimwe byakoresheje ibitutsi mu kunenga...
Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017. Dr. Tom Price yasezeye mu kazi kubera ibibazo byazamuwe n’uko yakoresheje...
Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki gihugu Donald Trump akwiye kwegura mbere y’ intego rusange yo kumweguza iterana.
Madamu Jackie Speier...
Mu gihugu cy’ u Bufaransa babereye imyigaragambyo ikomeye yamagana Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump wari witabiriye umunsi mukuru wa Bastille. Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Barack Obama asigaje igihe kitageze ku kwezi ngo yimukire Donald Trump muri White House.
Obama na Trump ntibumvikana ku bintu bitandukanye...
Abapfumu baturutse hirya no hino ku Isi, ku wa Gatanu bahuriye mu mujyi wa New York, imbere y’inyubako ‘Trump Tower’ ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu muhango wo kumuroga...
Guverinoma ya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yemeje ko Umucamanza mukuru, Jeff Sessions uheruka gushyirwaho na Perezida Donald Trump yabonanye inshuro ebyiri na Ambasaderi w’ u Burusiya muri icyo...
Umukobwa wa Perezida Donald Trump, Ivanka Trump yahawe akazi muri Perezidansi ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika White House. Azakora nk’ umujyanama wa Perezida atabihemberwa.
Nk’ uko Ikinyamakuru...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye gushimangira ko uwo yasimbuye Barack Obama amwanga cyane nubwo yabanje kujya abimuhisha amubwira utugambo twiza.
Mu kiganiro na Televiziyo CBS...
Kuri uyu wa mbere tariki 22 Gicurasi 2017 nibwo indege itwara Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yagejeje Perezida Donal Trump mu gihugu cya Israel.
Ni nyuma y’ aho ku wa Gatandatu w’...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yabonanye na Papa Francis i Vatican mu rugendo rwa mbere yagiriye mu bihugu by’ amahanga kuva mu mpereza z’ umwaka ushize ubwo yageraga ku...
Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,atemerewe kwiyamamariza kongera kwinjira muri White House kubera uruhare yagize mu...
Senateri muri Amerika Mitt Romney wigeze kwiyamamariza kuba Perezida, yasabye Donald Trump na Joe Biden "kwigirayo" bagaha umwanya igisekuru (ikiragano) gishya...
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House.
Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati...
Biravugwa ko Trump Organization yageze ku bwumvikane bwo kugurisha imwe muri hoteli zayo zikomeye kuri miliyoni $375 (arenga miliyari 375Frw)
Muri uko kugurwa, Turmp International Hotel izahita...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin birashoboka ko yahaye uruhushya ibikorwa byo kugerageza kugena ibyavuye mu matora y’Amerika ashaka ko uwari Perezida Donald Trump ayatsinda, nkuko bivugwa...
Denise Bidot,umukobwa uri mu rukundo n’umuraperi Lil Wayne yahamije ko atishimiye kuba uyu mukunzi we ashyigikiye Perezida Donald Trump mu matora ahanganyemo na Joe...
Umusore w’imyaka 33 ukomoka mu gace ka Telangana, mu Buhinde wavugishije benshi nyuma yo guhindura icyumba cye urusengero rwa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, yapfuye ubwo...
Kuri uyu wa 9 Nzeri 2020, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo mu...
Perezida Donald Trump yateye intambwe ikomeye, mu buryo bw’inyandiko, ku bijyanye na gahunda ye yo gukura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Kamena 2020,Perezida Donald Trump yashyize umukono ku iteka ryo kuvugurura imikorere ya polisi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Igitekerezo cya Perezida Trump cyo kohereza ingabo z’igihugu "kwigarurira imijyi" irimo imyigaragambyo cyamaganwe na ba guverineri ba leta zitandukanye na ba mayor b’imijyi myinshi, bakomoka mu...
Musenyeri mukuru wa Kiliziya Gatolika i Washington yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wasuye ahantu hafatwa nk’ahatagatifu, mu gihe imyigaragambyo ikomeje mu gihugu kubera urupfu rw’umwirabura...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko "yishimiye" ko Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru, yongeye kugaragara kandi akaba asa n’ufite ubuzima...