Umunyamideli witwa Karen McDougal yatangaje ko yamaze amezi 9 aryamana na Donald Trump mu ibanga ndetse yagerageza gutangaza aya makuru abakozi b’uyu perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika usanzwe...
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yise Meghan Mrkle (Umukazana w’umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II) umuntu mubi, mbere y’iminsi ibiri ngo asure igihugu...
Abandi bantu babiri bari mu ikipe ifasha Perezida Donald Trump kwiyamamaza basanganwe ubwandu bwa Virusi ya Corona. Baje biyongera ku bandi batandatu bo muri iyo kipe basanganywe ubwandu kuwa...
Perezida Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari mu gahinda nyuma yo gupfusha murumuna we witwa Robert Stewart Trump wapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 15 Kanama...
Michelle Obama yibasiye bikomeye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gihe abademokarate bari kwitegura gutangaza ku mugaragaro Joe Biden nk’uwo bazahatana mu...
Barack Obama yashinje Donald Trump wamusimbuye ku butegetsi avuga ko afata kuba perezida w’Amerika nk’"ikindi kiganiro cyo kwigaragaza kuri televiziyo", mu ijambo risesereza yavugiye mu nama nkuru...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashyigikiye abayoboke be ku ruhare bivugwa ko bagize mu bushyamirane bwaguyemo abantu bwabereye mu mihanda mu minsi...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, urimo guhinda umuriro, yajyanywe n’indege ya kajugujugu mu bitaro nyuma yuko asanzwemo coronavirus.
Perezida wa Amerika Donald Trump na mukeba we Joe Biden bagiye impaka zikomeye kuri Covid n’ivanguramoko mu kiganiro mpaka cyabo cya nyuma kuri televiziyo.
Nancy Pelosi, umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko ya Amerika akomeje gushyira igitutu kuri visi perezida Mike Pence ngo yeguze Donald Trump kubera uruhare rwe mu myigaragambyo...
Umucamanza muri Leta ya New York yanzuye ko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yamaze imyaka akora uburiganya mu gihe yakoraga ubucuruzi bw’amazu bwamufashije kuba ikimenywabose kugeza...
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2018, habayeho uguhura kw’ amateka hagati ya Perezida w’ Uburusiya Valadmir Putin na Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump wari uherekejwe n’ umugore...
Umugabo w’imyaka 25 y’amavuko witwa Roger Hedgpeth ukomoka muri Leta ya Florida yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano wa Perezida Donlad Trump, nyuma yo gufatanwa icyuma bivugwa ko yashakaga...
Igitabo gishya cya John Bolton wahoze ari umujyanama mu by’umutekano wa Perezida Donald Trump kivuga ko yasabye Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping kumufasha ngo azatsinde amatora ateganyijwe.
Mu...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyo yise “inyigisho z’amoko akomeye” mu kwigisha amateka y’Abanyamerika, nyuma yo gushinjwa ivanguramoko mu gitabo gishya cyanditswe...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari i Davos mu Busuwisi, aho yitabiriye inama y’Ihuriro ku bukungu bw’isi ribaye ku nshuro ya 48; bikaba biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu azagirana ibiganiro na...
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yatangaje ko umwe mu bakozi ba perezida wa USA Donald Trump yamubwiye ko azamwica kugira ngo adashyira hanze ibyerekeranye n’uko baryamanye mu...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Umugore wa Perezida wa Emmanuel Macron w’ Ubufaransa Brigitte Macron nyuma y’ uko muri iki cyumweru agiranye ibihe byiza na mugenzi we Melania Trump umugore wa Perezida Donald Trump wa Leta zunze...
Muribuka wa mupfumu wo muri Benin wateye ubwoba Perezida wa Amerika Donald Trump ko agomba kwegura bitarenze ukwezi kumwe bitaba ibyo agahura n’ ingaruka zikomeye? Yahishuye ko Perezida Trump...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanze kwiyemeza kuzahererekanya ubutegetsi mu mahoro natsindwa amatora ya perezida yo mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka.
Mu kiganiro...
Perezida Donald Trump wa Amerika n’uwo bagiye guhatana mu matora Joe Biden bahunze ibibazo bimwe babajijwe mu biganiro byo kuri televiziyo babazwa na rubanda...