Umuholandi w’imyaka 30,Georginio Wijnaldum,yamaze kumvikana na Paris Saint-Germain avuye muri Liverpool nyuma yo gukuba kabiri umushahara yahabwaga na FC Barcelona bari bamaze...
Umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Manchester United,Bruno Fernandes yanze kongera amasezerano muri iyi kipe no gukubirwa kabiri umushahara we kubera ko yifuza ko iyi kipe ibanza kugura abakinnyi...
Bisa nk’aho ikipe ya Manchester City yahaye Lionel Messi sheke iriho ubusa ngo yiyuzurize kuko iyi kipe y’abaherwe b’Abarabu yamwemereye kuzamuhemba umushahara wa miliyoni 430 z’amapawundi mu gihe...
Amakuru aturuka mu binyamakuru bitandukanye mu Bwongereza aravuga ko ikipe ya Arsenal igiye kugurisha abakinnyi bayo benshi mu mpeshyi kugira ngo ibone abashya ndetse inagabanye umushahara...
Perezida wa Real Madrid, Florentino Perez biravugwa ko yabwiye kapiteni Sergio Ramos ko ari kubananiza bityo yemerewe kwigendera igihe cyose yaba abonye ikipe imuha ibirenze ibyo bari kumuha...
Umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu,Amavubi,wari umaze umwaka mu ikipe ya Rayon Sports,Kimenyi Yves yaraye asinyiye ikipe ya Kiyovu Sports FC amasezerano y’imyaka 2 nyuma yo guhabwa akayabo ka...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 19 Gicurasi 2020,nibwo ikipe ya Gasogi United y’umushoramari Kakoza Nkuriza Charles yasinyishije umwe mu bakinnyi beza muri shampiyona y’uyu mwaka Iradukunda Jean...
Uwari umunyamabanga wa komite nkemurampaka ya Rayon Sports, Eng. Erneste Nsangabandi yeguye kuri uyu mwanya kubera impamvu zitandukanye zirimo n’umwuka mubi uri muri iyi...
Ishyamba s’iryeru na gato mu ikipe ya Rayon Sports kuko nyuma y’aho perezida wayo Munyakazi Sadate ateranye amagambo na bamwe mu bakinnyi bayo bapfa umushahara,kuri ubu n’abafana batangiye gushwana...
Perezida w’igihugu cya Kenya witwa Uhuru Kenyatta na visi perezida we William Ruto biyemeje kugabanya 80 % by’umushahara wabo kugira ngo bafashe abaturage bameze nabi kubera icyorezo cya...
Abakinnyi ba Rayon Sports bari mu byishimo bisaze nyuma y’aho ubuyobozi bwabo babuhembye umushahara w’ukwezi kwa Nyakanga 2019wiyongereye kuwa Kamena bahawe mu mpera z’icyumweru...
Ikipe ya Rayon Sports iri hafi gutandukana n’umutoza Robertinho kubera kutunvikana ku byerekeye umushahara aho uyu mutoza ngo yifuzaga ko yahembwa 5,500 by’amadolari,ubuyobozi bw’ikipe busanga ari...
Mu gihe gito APR FC isezereye abakinnyi 16,yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago ubwo yajyaga mu ikipe ya Rayon Sports yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka ushize,iyikuramo abakinnyi 4...
Ikipe ya Real Madrid iri guca amarenga ko iziyubaka bikomeye,yatangiye kurambagiza rutahizamu Kylian Mbappe Lotin wa PSG aho yifuza kumutangaho akayabo ka miliyoni 240 z’amapawundi ndetse...
Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea FC,Eden Hazard biravugwa ko yamaze kwemera umushahara w’ibihumbi 270 ymerewe n’ikipe ya Real Madrid kugira ngo asange umutoza Zinedine Zidane bakundana...
Muri iki gitondo tariki ya 8 Mutarama 2019 abakinnyi b’ikipe ya Gicumbi FC bigaragambije banga gukora imyitozo kubera ubuzima bubi babayemo burimo no kuba bamaze amezi 2 batazi uko umushahara...
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yagaragaje ko yanga urunuka Anthony Martial kuko yasabye ubuyobozi bwa Manchester United kumufatira ibihano bikomeye bakamuhanisha kumukata umushahara...
Cristiano Ronaldo ari mu myiteguro ya nyuma yo kwerekeza mu Butaliyani mu ikipe ya Juventus nyuma y’ imyaka 9 ishize yitangira Real Madrid ndetse ayihesha ibikombe,bitewe n’agasuzuguro gakomeye...
Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 witwa Soni Kumari ukomoka mu Buhinde yishwe urubozo atewe ibyuma na shebuja,amuhoye ko yahoraga amwishyuza umushahara we yakoreye.
Umukinnyi Alexis Sanchez yatangiye guteza umwuka mubi mu rwambariro rw’ikipe ya Manchester United kubera umushahara yahawe byatumye abakinnyi bakomeye muri iyi kipe batangira kwifuza kongezwa....