Komisiyo ishinzwe abakozi bal eta mu gihugu cya Uganda ikomeje kwotswa igitutu isabwa ibisobanuro ku busumbane bukomeje kugaragara mu mishahara y’abakozi aho ngo hari abayobozi bakuru mu nzego za...
Nk’uko amakuru abitangaza ngo umushahara wa Cristiano Ronaldo uzagabanukaho 25% mu gihe Manchester United idashoboye kujya mu gikombe cya UEFA Champions League.
Kugeza ubu,uyu kizigenza yinjiza...
Abarumu bigisha mu bigo by’amashuri abanza ya Leta muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo bazindukiye ku biro by’urugaga rwabo (SYNEEPP) kuhakorera imyigaragambyo...
Ikipe ya Arsenal yiyemeje gukuba kabiri umushahara wa Gabriel Jesus ukagera ku bihumbi 200.000 by’amapawundi buri cyumweru kugira ngo ayerekezemo cyane ko we yashakaga kujya mu ikipe izakina...
Rutahizamu wa Manchester United umunya-Portugal Cristiano Ronaldo w’imyaka 37, yemerewe umushahara wa miliyoni 300 z’ama euro kugira ngo ajye gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia mu myaka ibiri....
Biravugwa ko Cristiano Ronaldo arakajwe n’uko Manchester United yagabanyije umushahara we ho 25% kubera ko we na bagenzi we bananiwe kubona itike ya Champions League muri uyu mwaka w’imikino....
Umukinnyi wa filimi Priyanka Chopra Jonas yabwiye BBC 100 Women ko mu myaka 22 amaze muri ako kazi bwa mbere yahembwe umushahara ungana n’uwa mugenzi we w’umugabo muri filimi ya series arimo...
Abakinnyi ba FC Barcelona barimo Gerard Pique, Luis Suarez, Jordi Alba na Sergio Busquets basabwe kwishakira andi makipe,bavuze ko batiteguye kugenda kuko bahembwa amafaranga menshi batabona indi...
Abakinnyi ba Mukura VS bari mu gahinda ko kuba bamaze amezi 7 badahembwa aho bamwe biganjemo abanyamahanga bavuga ko inzara igiye kubatsinda I Huye bityo bagiye kwitabaza ibihugu byabo...
Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports, Javier Martinez Espinoza ukomoka mu gihugu cya Mexico ashobora kujyana Rayon Sports mu nkiko nyuma y’uko imwirukanye itubahirije ibikubiye mu masezerano...
Umujyanama Mukuru wa Perezida Kagame mu by’umutekano n’igisirikare, Gen Kabarebe James avuga ko bitari byoroshye kurwana intambara y’Abacengenzi nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu...
Mwarabu Fighter wahoze arindira umutekano umuhanzi Diamond Platnumz yavuze ko mu mibanire ye n’uyu muhanzi yari igoranye cyane bitewe n’uko yashyirwagaho igitutu gikomeye mu kazi ke, ndetse...
Ku wa Gatatu w’iki cyumweru Taliki ya 17 Ukwakira 2018, nibwo hatangiye shampiyona ya Basketball ikunzwe kurusha izindi ku isi,NBA aho ibyamamare bitandukanye birimo Stephen Curry,Kevin...
Kizigenza w’ikipe ya Real Madrid yabwiye ubuyobozi bw’iyi kipe ko azemera kubusinyira amasezerano mashya mu gihe bazamuha umushahara uruta uwa Lionel Messi na Neymar bamuri imbere.
Ronaldo...
Ubusanzwe umunyapoliti afite inshingano zo gukorera Sosiyete ye ,igihugu cye, gutekereza bikomeye,kuvugwa neza cyangwa nabi hagendewe ku bikorwa bye.Umurimo wa Politiki ubu usigaye ufite...
Mu rwego rwo gukomeza kwerekana ko ikipe ya Manchester United igikeneye cyane umuzamu wayo David De Gea igiye kumwongerera umushahara abe umukinnyi wa gatatu muri Manchester United uhembwa...
Uwahoze ari umutoza wa Juventus, Maurizio Sarri yemeje ko umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo agoranye kumutoza kubera ko we aba afite intego ze bwite zitandukanye...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG amasezerano y’imyaka ibiri (2), ashobora kongerwa kugeza muri Kamena 2024,nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo...