Kiwanuka Marc, umwalimu mu ishuli ribanza rya Gishamvu arakewaho kwiba itoroshi ndetse na telefoni byari bicometse mu nzu y’uwitwa Habineza Joseph nyuma y’aho ku mugoroba wo muri iri joro ryakeye...
Abafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta zigamije kuvana abaturage mu bukene zirimo VUP n’inkunga y’ingoboka, bagasaba ko bakwibukwa, ndetse...
Kuva kuri uno wa gatanu, iguhugu cya Zimbabwe kiyobowe na Perezida mushya nyuma y’imyaka 37 yari ishize Robert Mugabe yisangiza ubutegetsi.Perezida Mushya wa Zimbabwe yagiriwe icyizere cyo...
• Jose Mourinho ashobora kwerekeza mu ikipe ya Paris Saint Germain umwaka utaha
• Jose Mourinho ntiyisanzuye mu ikipe ya Manchester United
• PSG yiteguye guha Jose Mourinho ibyo akeneye byose kugira...
Rutahizamu Nahimana Shassir ashobora gufatirwa ibihano bikarishye n’ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kwihesha ikarita itukura mu mukino iyi kipe yatsinzemo Kirehe FC ibitego 3-0. Uyu musore wahawe...
Umwe mu bafana bakomeye hano mu Rwanda uzwi nka Rwarutabura ku munsi w’ejo yarize ayo kwarika ubwo yasabaga Gacinya Dennis uyobora Rayon Sports ko yamubabarira ku bw’umwanzuro yari yafashe wo...
Umubare w’abantu badafite akazi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika waragabanutse mu kwezi kwa munani. Cyakora urwunguko mu mirimo ruri munsi y’urwo inyinshi mu mpuguke mu by’ubukungu zari ziteze....
Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...
Umusore Manzi Thierry usanzwe ari myugariro mu ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ibihuha byavugwaga ko yamaze...
Bimaze iminsi bivugwa cyane ko ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro byimbitse n’umusore Sibomana Patrick wakiniraga ikipe ya APR FC gusa kuri ubu ibi biganiro biri kugana ku musozo kuko uyu...
Mu masaha y’igicamunsi yo ku munsi w’ejo taliki ya 16 Nyakanga nibwo byakomeje guhwihwiswa ko Karekezi Olivier,Ndikumana Hamad na Nkunzingoma Ramadhan bamaze kwemeranya na Rayon Sports kuzayitoza...
Dr Frank Habineza, Umukandida uzahagararira ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 yiyamamarije mu murenge wa Muganza w’...
Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya...
Umusore Alexis Sanchez yatangaje ko kugira ngo agume mu ikipe ya Arsenal ari uko iyi kipe yamuha umushahara w’ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru kugira ngo yongere amasezerano yo kuyikinira....
Igikomeje kugarukwaho muri iyi minsi muri NBA shampiyona ikunzwe mu mukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’uguhindura amakipe kwa bamwe mu bakinnyi bakomeye ndetse no kongera...
Abaturage 450 bo mu Tugari twa Ntango na Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke baravuga ko bamaze amezi ane batarahabwa amafaranga yose y’amezi abiri bakoreye muri gahunda ya...
Muri Uganda kimwe no mu bindi bihugu bituyemo abantu bakurikiranira hafi amakuru y’ibyamamare byo muri Uganda by’umwihariko abakozi b’Imana, mu myaka yashize hari amakuru avuga ko Pastor Robert...
Ubuyobozi bw’ igisirikare cya Yemeni batangaza ko umwiyahuzi yaturikije bombe ikica abasirikare bagera 40 mu mujyi wa Aden. Ibi byabaye kuri uyu wa 18 Ukuboza 2016
Igisirikare cya Yemen...
Mu baforomo n’ ababyaza ibuhumbi 15 bari mu Rwanda, abagera ku bihumbi 7 ntabwo bakora uyu mwuga. Ibi ni ibyagaragajwe n’ ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu...