Umuhanuzi ukomeye mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa John Ngulube w’imyaka 32,yakubiswe bikomeye n’abayoboke be,nyuma yo gufatirwa mu rusengero yambaye ubusa,ari gusambanya umugore w’umuturanyi...
Musanze FC iri kwitegura gucakirana na Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona yamaze kwirukana abatoza bayo 2 barimo umutoza wungirije Mbusa Kombi Billy na Muhabura Radjab watozaga...
Umugore wo muri Afrika y’Epfo yafashe umugabo ari gusambanya ipusi ye, yambaye ubusa, niko guhamagara polisi imuta muri yombi cyane ko hari ibindi birego yashinjwagamo gusambanya imbwa n’amapusi...
Perezida wa USA,Donald J.Trump yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa ISIS uri hafi gutsindwa ubwo yasuraga mu buryo butunguranye ingabo za USA ziba muri Iraq.
Umusore w’imyaka 20 yafashwe ari gusambanya ku ngufu umwana w’imyaka 6 mu bwiherero bwo muri restaurant yitwa Dros Silverton iherereye mu mujyi wa Pretoria,muri Afrika...
Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze...
Abahinzi bo mu murenge wa Muko w’ Akarere ka Musanze baravuga ko guhinga bahuje ubutaka byatumye umusaruro wiyongera ku buryo kuri ubu wikubye inshuro enye bagereranyije n’ uwo babonaga mbere buri...
Musanze – Padiri wo kuri Paroisse Gatolika ya Mbogo mu Murenge wa Rushashi, mu Karere ka Gakenke nyuma y’iminsi akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umukobwa utarageza ku myaka y’ubukure akamutera...
Umusore ukomoka mu bufaransa w’imyaka 19 witwa Alexandre V. yishe umupadiri witwa Roger Matassoli w’imyaka 91 amunize,amuhoye ingeso mbi yo gusambanya abana bato...
kigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko mu 2017 umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ku rugero rwa 6.1%, aho wageze kuri miliyari 7 597 uvuye kuri miliyari 6 672...
Ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 nibwo Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko nshinga yakuyeho ku myanya Minisitiri w’uburezi na...
Kuva icyorezo cya COVID19 cyagera mu Rwanda mu mwaka wa 2020 cyagize ingaruka nyinshi ku bukungu bw’igihugu ndetse no ku buzima busanzwe bw’Abanyarwanda, bitewe nuko byasabaga ingamba zikomeye...
Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akagari ka Birira mu ako karere buvuga ko ku kiraro ka Cyasusa habonetse umurambo w’umusore ukiri muto gusa hakaba hataratangazwa icyo yaba...