Umuyobozi w’Ubudage [Chancellor],Angela Merkel yituye hasi ari mu ruhame ubwo yari agiye kugeza ijambo ku bari bitabiriye inama y’ubucuruzi mu ijoro ryakeye mu mujyi wa Berlin,arangije avuga ko...
Perezida wa Leta Zunze z’Amerika,Donald Trump,yatunguye benshi kubera ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter yiyambitse nk’umuteramakofe w’icyamamare Rocky Balboa ubwo yari mu kiruhuko cy’umunsi...
Umugabo umwe wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika akomeje kugira ubwamamare abukesha ifoto yashyize hanze ateruwe n’icyamamare beyonce mu myaka 23 ishize.
Imikino ya UEFA Champions League y’umunsi wa 05 mu matsinda kuva murya E kugera muri H yarangiye amakipe yo mu Bwongereza atagaragaje ubukaka bwayo kuko uretse Tottenham yatsinze izindi zose...
Ikipe ya Kiyovu Sports yihereranye Bugesera FC ku kibuga cyo ku Mumena iyinyagira ibitego 5-2 mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona mu gihe Police FC yanze gusitazwa na Marines FC mu rugamba rwo...
Umuhanzikazi wo muri Tanzanie wamamaye nka Vanessa Mdee yagawe n’umukunzi we Rotimi ubwo yari amaze kubwira umunyamakuru ko yamenye ko ari umugabo hashize iminsi...
Inteko ishinga amategeko y’Amerika yatumiye Perezida Donald Trump mu rubanza rwa mbere rwo kumweguza ruzaba ku itariki ya kane y’ukwezi gutaha kwa cumi na...
Umunyamakuru Karangwa Jean Michel (Mike Karangwa) yari amaze iminsi itandatu mu gihome akurikiranyweho icyaha cyo guhimba no gukoresha impapuro mpimbamo.
Perezida wa Korea y’Amajyaruguru Kim Jong Un yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ku isi yifotoje ashagawe n’ingabo ze z’abasirikare b’abagore bagaragara nk’abari kurira mu gihe we yari...
Miss Mwseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda 2019, agiye kugaragara mu mashusho y’indirimbo nshya y’umuhanzi Nsengiyumva Francois waryubatse mu muziki ku izina rya...
Rutahizamu Lionel Messi,yatangaje ko akigera mu ikipe ya mbere ya FC Barcelona yakundaga cyane kabuhariwe Ronaldinho wamufashije kwisanga mu ikipe akiri umwana ariko ababazwa cyane nuko bahise...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko nta muturage uzongera kwimurwa aho atuye kubera ko ari mu kajagari kubera ko igishushanyo mbonera kivuguruye cy’uyu mujyi,cyemerera abantu b’amikoro yose...
Impanuka y’indege yaguye ku rugo rw’abantu kuri iki cyumweru mu gitondo i Goma yabaye Nelson Asani areba kuko baturanye, abarokotse muri uru rugo ni umugabo wari wagiye kare n’umwana wari ugiye...
Umugore witwa Uwihirwe Aline wari utuye mu mudugudu wa Gashubi, akagari ka Nyamabuye mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo yasanzwe mu nzu yabagamo wenyine nta mugabo yapfuye, kuri uyu wa...
Umunyarwanda witwa Karemera Damascène w’imyaka 25 ukomoka mu Murenge wa Busoro, AKarere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, yatemwe ukuboko no mu mutwe n’umunya-Uganda, yakoreraga mu buhinzi...
Abaturage bo mu gace ka Beni mu burasirazuba bwa DR Congo baramukiye mu myigaragambyo bamagana ubutegetsi n’ingabo za ONU ziri muri aka gace ko badashoboye kubarinda ubwicanyi bari gukorerwa...
Ikipe ya Arsenal ikomeje gutakaza amanota ubutitsa kubera ikibazo benshi bemeza ko ari icy’umutoza Unai Emery udakinisha abakinnyi uko bikwiriye,yatangiye gushaka umusimbura we uzaturuka hagati ya...
Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2019 i Kigali hatangirijwe amahugurwa y’iminsi itanu y’abayobozi ba tekinike (Directeur Technique) n’abanyamabanga bakuru b’amashyirahamwe baturutse mu bihugu bitandukanye...
Umu producer witwa Magix Enga wo muri Kenya ntabwo akomeje korohera umuhanzi Harmonize kubera imirya yakoreheje mu ndirimbo Uno y’uyu muhanzi we amushinja ko yayishishuye muri kimwe mu bihangano...