Imyaka imaze kuba myinshi urubuga rwa YouTube ari rumwe mu zimaze kwigwizaho abakunzi, akenshi bamwe bakayikundira ko bisanzura mu gutanga ibitekerezo nta nkomyi.Abandi bayikundira ko...
Umwongereza Danny McLaughlin usa na rutahizamu wa Tottenham n’Ubwongereza yavuze ko telefoni ye igiye kumeneka kubera ubutumwa buyuzuyemo bw’abakobwa bamusaba ubushuti bamwitiranya na Harry...
Ndaboneye Muzungu, Umusaza uri mu kigero cy’ imyaka 65 aratabaza ubuyobozi kubera ubuzima butaboneye abayemo bwo kuba mu kazu kahoze ari ubwiherero, kurya rimwe na rimwe nabwo agombye gusaba...
Umusore w’imyaka 25 akurikiranyweho gusambanya nyina ku ngufu
Ari mu maboko ya polisi, nyuma yo gukora amahano ndengakamere, benshi batemera ko bishoboka
Minisiteri y’imari n’igenamigambi ifatanyije n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare batangaje kuri iki gicamunsi ko mu gihembwe cya mbere cy’umwaka usanzwe wa 2018, ubukungu bwazamutse ku kigereranyo...
Munsi y’ikiraro kimwe mu Mudugudu wa Bukane, Akagari ka Cyabagarura, mu Murenge wa Musanze,uherereye mu karere ka musanze hatoraguwe umurambo w’uruhinja rwabyawe n’umugore arangije araruta mu...
Ikipe ya Musanze FC yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 7 wabereye kuri Stade Ubworoherane mu karere ka...
Rutahizamu Neymar Jr yatandukanye n’uwari umukunzi we Bruna Biancardi baheruka kubyarana umwana w’umukobwa,nyuma y’iminsi mike amuvumbuye ko hari umukobwa yasabye amafoto yambaye...
Gusaba imbabazi si ubugwari ahubwo ni ubutwari, kandi ni inzira nziza yo gukemura ibibazo. Nk’uko mu kinyarwanda bavuga ko ntazibana zidakomanya amahembe, n’abakundana birashoboka ko bashobora...
Umugore wo muri Afrika y’Epfo yafashe umugabo ari gusambanya ipusi ye, yambaye ubusa, niko guhamagara polisi imuta muri yombi cyane ko hari ibindi birego yashinjwagamo gusambanya imbwa n’amapusi...
Musanze FC iri kwitegura gucakirana na Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona yamaze kwirukana abatoza bayo 2 barimo umutoza wungirije Mbusa Kombi Billy na Muhabura Radjab watozaga...
Umuhanuzi ukomeye mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa John Ngulube w’imyaka 32,yakubiswe bikomeye n’abayoboke be,nyuma yo gufatirwa mu rusengero yambaye ubusa,ari gusambanya umugore w’umuturanyi...