Ushobora kuba warabonye umugore ufite ubwanwa cyangwa se imphwemphwe ndetse nawe ushobora kuba uri umwe muri bo. Igitera abagore kumera ubwanwa ni icyo twakita indwara , gusa si indwara bya...
Hari byinshi twumva cyangwa tubona tukagira ngo turimo kurota ariko burya, hari n’ibibaho.Nko mu bantu hari abantu wumva ko batabaho ugasanga babaho ndetse iyo ubabonye ushobora no kugira...
Australia yatangaje ko kigiye gukuraho umusoro utavugwaho rumwe ku bikoresho by’isuku byifashishwa n’abagore mu gihe bari mu mihango, nyuma y’imyaka yari ishize amashyirahamwe y’abagore ahirimbanira...
John Kwezi Umuyobozi wa Federasiyo ya filime mu Rwanda yasubije abizaga impamvu batarimo gukurikirana ubuzima bwa D’Amour urwaye , aho yavuze ko kuva babimenya bamukoreye ubuvugizi gusa birinda...
Diamond yatanze ubufasha bwo kuvuza Hawa wari umukunzi we wa mbere ndetse uyu mukobwa akaba ariwe yanakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye yise Ntarejea.
Kompanyi Zomato yo mu Buhinde ikora akazi ko kugeza amafunguro ku baba bayatumije ikayabashyikiriza ahantu hatandukanye baba baherereye iyatwaye kuri moto, yasabye imbabazi nyuma yaho videwo...
Umukobwa witwa Mutoni Deborah arashinjwa gutekinika mu byerekeye gushaka amajwi ku mbuga nkoranyambaga, yo kumufasha kubona itike imugeza mu mwiherero w’abakobwa 20 mu marushanwa ya Miss Rwanda...
Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni, ari ku mwanya wa gatanu mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bakurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Twitter, inyuma ya Nyakubahwa Paul Kagame w’u...
Umuhanzi wo muri Tanzania Ambwene Allen Yessayah wamamaye mu muziki nka AY yahakanye yivuye inyuma ko atigeze atandukana n’umunyarwandakazi Umunyana Rehema [Remy] bamaranye umwaka urenga...
Inyeshyamba ziyitirira idini ya Islam zivuga ko zirwana intambara ntagatifu, zafashe umwe mu mujyi y’ingenzi muri Mozambique, ni umujyi uri hafi y’aho kompanyi zo mu mahanga ziri gukora umushinga...
U Rwanda rumaze kugira abantu 50 bamaze kwandura coronavirus mu gihugu aho 88% muri bo baje bavuye mu mahanga, 21 muri abo 50 binjiye mu Rwanda bavuye i Dubai, 17 muri aba 21 babonetse mu minsi...
Umukinnyi wa Filimi mu Buhinde wakunzwe na benshi, Irrfan Khan,yarangije urugendo rwe kuri iyi si ku myaka 53 nyuma y’igihe kinini yari amaze arwaye indwara ya...
Mu gihugu cy’Ubuhindi haravugwa inkuru ibabaje y’abantu 9 bapfuye bahitanywe no kunywa umuti wica udukoko abantu bakaraba mu ntoki [Hand sanitizer] nyuma yo kugera ku kabari ka liquor icyaka...