Abazwi muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko itsinda ry’abahurira muri Filime ya Papa Sava ndetse na Seburikoko bitabiriye ubukwe bwa Yasuwe Niyomubyeyi Noëlla uzwi nka Fofo muri Papa Sava...
Mu mafoto atandukanye ihere ijisho ubukwe bwa Miss Balbine Mutoni wabaye igisonga cya kane cya Miss Rwanda mu 2015 akaba yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Kwitonda Arsène bamaranye imyaka...
Umunyamakuru Edman wavuzweho gutandukana n’umugore we Liza nyuma y’amezi ane bakoze ubukwe, yagaragaye ari kumwe na Liza ndetse bari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka imfura...
Nyuma y’uko Judith Niyonizera ahanye gatanya byemewe n’amategeko na Safi Madiba bari barasezeranye biravugwa ari mu myiteguro yo gukora ubukwe n’umukunzi we bamaranye igihe mu munyenga...
Umuhanzi The Ben ari kunengwa na benshi kubera guca ibihumbi 50 FRW abashaka kuzareba ubukwe bwe n’umukunzi we Pamella buzanyura ku rubuga rwabo [website].
Kuri uyu wa 17 Ugushyingo,nibwo hacicikanye amafoto y’abakinnyi babiri ba Sinema Nyarwanda, Delphine Ortha Uwase [Soleil] na Mazimpaka Wilson [Kanimba] bamenyekanye muri filime y’uruhererekane ya...
Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023,byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare aba bombi...
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania, Ommy Dimpoz wari umaze iminsi muri Kigali aho yari yaraje mu bukwe bw’inshuti ye The Ben, yamaze gusubira iwabo aho asize akoze imishinga...
Nyuma yigihe gito bakoze imihango yo gusaba no gukwa y i Nyamirambo, Hervé Rugwiro Myugariro w’ikipe ya APR Fc n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze igihe bakundana bashyize hanze itariki...
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2017 nibwo habaye ubukwe bwa Miss Namutebi Sylvia n’umuherwe wo muri Afurika y’Epfo.
Miss Namutebi na Ali Alibhai bakoze ubukwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga...
Manzi James [Humble Jizzo] umwe mu baririmbyi b’itsinda Urban Boyz yamaze gutangaza ko we n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura yabo mu minsi yavuba, uyu muhanzi yavuze ko ubukwe bwabo bwegejwe...
Umunyarwandakazi Kizima Ngabonziza Joella wavuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Kitoko Bibirwa,yavuze ko nta gahunda yo gukora ubukwe afite bisa n’ibihishura ko baba baratandukanye.
Muri Gashyantare...
Umuryango wo kwa Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y uritegura kuza gusaba umunyarwandakazi Remy iwabo ku ivuko I Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba.
Kuwa 18 Nzeri 2017...