Umwe mu bakobwa wakuruye benshi mu basore kubera uburanga bwe,yamaze gukora ubukwe n’umusore w’umushabitsi witwa Mbonyumuvunyi Karim watumye ayoboka idini ya Islam yari asanzwe ari...
Kompanyi y’indege za kajugujugu zitwara abantu muri US,yitwa Island Express,yakongeje uburakari bwa benshi ubwo yatangazaga ko Kobe Bryant n’abandi bantu 8 bari kumwe mu ndege yabahitanye bagize...
Umukinnyi wa Filimi uri mu bakomeye ku isi ndetse wanatowe nk’umugabo ufite uburanga kurusha abandi ku isi,Idris Elba yatangaje ko yanduye icyorezo cya...
Umugore w’umusifuzi witwa Giulia Nicastro uzwi cyane mu Butaliyani kubera uburanga bwe budasanzwe ndetse no kuba akundana na rutahizamu wa Palermo witwa Stefano Moreo,yahohotewe n’umukinnyi...
Umunya Brazil, Vinicius Jr ukina asatira mu ikipe ya Real Madrid yatumye benshi mu bakunzi ba ruhago,kubera amafoto agaragaza uburanga bw’umukobwa ukora kuri TV witwa Maria Julia...
Umukunzi wa Florian Thauvin Charlotte Pirroni,ari kuvugisha benshi mu bakunzi ba ruhago bari hirya no hino cyane cyane abo mu Burusiya kubera uburanga bwe burangaza...
Umukobwa w’uburanga wabaye Nyampinga w’Ubufaransa mu mwaka ushize witwa Alicia Aylies yiharaje kuza ku mikino y’Ubufaransa cyane aho bivugwa ko ari mu rukundo na rutahizamu Kylian Mbappe uri kubica...
Umukobwa w’uburanga witwa Kendall Rae Knight ukomoka mu mugi wa Blackpool mu Bwongereza, yatangaje ko azasambanira kuri televiziyo live kugira ngo ababaze umukunzi we witwa Michael Clark...
Mbere y’umukino wa nyuma wahuje Real madrid na Liverpool,benshi mu bawukurikiye batangariye uburanga bw’umuhanzikazi w’umwongereza witwa Dua Lipa wasusurukije abantu yambaye neza...
Ku munsi w’ejo nibwo twabagejejeho inkuru y’uko Rwatubyaye atazagaragara muri Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino kubera imvune ikomeye yagize mu ivi mu kwezi kwa 3 uyu mwaka ku mukino wahuzaga...
Diamond Platnumz uri mu bahanzi bubashywe muri muzika yakoreye igitaramo cy’amateka I Nyamata mu karere ka Bugesera, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya...
Karim Benzema yatsinze ibitego byiza mu kibuga ndetse no hanze yacyo ntiyatandukanye n’ubwiza kuko ari mu rukundo n’umukobwa ufite uburanga butangaje.
Uyu rutahizamu wa Real Madrid waraye...
Umuhanzi Davis D uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda yahishuye ibintu yakundiye umukunzi we nyuma y’iminsi mike yemeje ko ari mu rukundo n’umukobwa utuye kumugabane w’i...