Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere, kuri uyu wa kabiri cyatangaje ko cyashenye utudege tutagira abapirote( drone) 29 na misile zirasa kure Uburusiya bwakoresheje mu bitero bwakoze mu...
Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko kugerageza uko ari ko kose kwo guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ubwo azaba asuye icyo gihugu, kwaba ari ugushoza intambara ku...
Ukraine yavuze ko yahagaritse 15 muri izo misile. Amakuru yari yatangajwe mbere aturuka i Kiev, mu murwa mukuru yavugaga ko nta bantu izo misile zahitanye, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yavuze ko azaganira na Perezida Xi Jinping kuri gahunda y’uyu mutegetsi w’Ubushinwa ikubiye mu ngingo 12 yo "gucyemura amakuba akaze yo muri Ukraine", muri uru...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yategetse abaturage b’abasivile bose bakiri mu bice by’akarere ka Donetsk ko mu burasirazuba bikiri mu maboko ya Ukraine, kuhava.
Mu ijambo yavuze mu ijoro...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko kurasa ibisasu ku mujyi wa Mariupol bizahagarara gusa ari ko ingabo za Ukraine zishyize intwaro hasi zigahagarika kuwurwanaho.
Putin yavuze ko ibyo...
Inama ihuza abahagarariye Uburusiya na Ukraine ku bijyanye no guhagarika intambara yakomeje kuri uyu wa mbere hakoreshejwe ubuhanga bwa videwo.
Mykhailo Podolyak, umujyanama wa perezida wa...
Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora...
Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yatangaje ko batanze agahengwe kuva saa yine mu masaha ya Moscou mu mijyi 2 ya Mariupol na Volnovakha kugira ngo abasivile bashobore guhunga.
Ibi bibaye nyuma...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye avuze ijambo ryatumye ibihugu byinshi bihita bisaba ko haterana inama yihutirwa y’akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi.
Mu ijambo yagejeje ku...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin birashoboka ko yahaye uruhushya ibikorwa byo kugerageza kugena ibyavuye mu matora y’Amerika ashaka ko uwari Perezida Donald Trump ayatsinda, nkuko bivugwa...
Guverinoma y’Uburusiya yeguye nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin asabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga zishobora kumwongerera igihe ku butegetsi.
Umunyamideli ukomoka mu Burusiya Maria Liman w’imyaka 24,yasazwe n’ibyishimo ubwo Uburusiya bwasezereraga Espagne kuri penaliti 4-3,ahita ahamagaza ama cameras yifotoza yambaye ubusa ayo mafoto...