Turkiya imaze kugaragaza ko ishobora kuba umuhuza w’Uburusiya na Ukraine - kandi bisa n’aho hari icyo birimo gutanga.
Kuwa kane nimugoroba, Perezida Vladimir Putin yahamagaye kuri telefone...
Ingabo z’Uburusiya zakomeje kurasa ibibombe mumujyi wa Mariupol kuri uyu wa gatandatu, mu gihe zari zemeye gutanga agahenge mu masaha yo mu gitondo - ibi bikaba byatumye ibikorwa byo guhungisha...
Abavandimwe bafite umuhigo w’igihe kinini ari bo bafite ikamba rya mbere ku isi mu iteramakofe mu baremereye, ubu bari ku rugamba rw’amasasu barwana ku mujyi wabo wa Kyiv muri Ukraine.
Abo ni...
Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika bibitangaza ngo Uburusiya bwambuwe kwakira umukino wa nyuma wa Champions League 2022 nyuma yo gutera igihugu cya Ukraine.
Byari biteganyijwe ko umukino wa...
Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, nyuma ya operasiyo yakorwaga n’inzego z’iperereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Canada yagaragaje ko Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin ari inyuma y’ubujura...
Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, The New York Times cyatangaje ko Ubushinwa n’ Uburusiya byumviriza telefone ngendanwa ya Perezida Donald...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora ya perezida yabaye muri Amerika mu mwaka wa 2016 nubwo...
Amerika yafashije Uburusiya mu kuburizamo iterabwoba
Itangazamakuru mu Burusiya riravuga ko amakuru yatanzwe n’ibiro by’ubutasi bya Amerika yafashije inzego z’umutekano mu kuburizamo igitero...
Uburusiya bwunamiye Andrei Karlov wari ambasaderi wabwo mu gihugu cya Turkiya, uherutse kwicwa ubwo yarimo ageza ijambo ku baturage.
Kuri uyu wa 22 Ukuboza nibwo mu mujyi wa Moscou habereye...
Abategetsi b’igihugu cy’Uburusiya bavuze ko iterabwoba bitari mu byaba byateye impanuka y’indege yabo itwara abasirikare. Iyi yahitanye abantu 92 bari muri iyi ndege ntihagira urokoka.
Minisitiri...
Donald Trump uheruka gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika, yashimye imyitwarire ya Vladimir Putin w’Uburusiya kuba atarirukanue abadiplomate b’Amerika nyuma y’ibihano Obama yafatiye...
Michael Flynn wari umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump mu byerekeye umutekano w’ igihugu yeguye kuri uyu mwanya bitewe no kuba yaraganiriye na Ambasaderi w’...
Abantu barindwi, barimo umwana w’umukobwa w’imyaka itandatu, bishwe ubwo misile y’Uburusiya yakubitaga ku nyubako y’imyidagaduro mu mujyi wa Chernihiv wo mu majyaruguru ya Ukraine mu gitondo cyo ku...
Amajyepfo ya Ukraine ari mu bitero biva ku mpande zombi zihanganye muri iyi ntambara, aho Uburusiya bwaraye buteye ibibombe bukoresheje za ndege zitagira abapilote (drones) i Odesa, Kyiv nayo...