Umuhanzi nyarwanda Papias Nduwayo uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Lil P ubarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza yashyize hanze amashusho y’indirimbo avuga ko yamuhagaze amapawundi...
Ambasaderi wa Amerika mu Bwongereza yasabye k’umugaragaro Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May, gushigikira Prezida Trump nawe akava mu masezerano yo kugabanyiriza ibihano Irani nayo...
Umutoza w’ikipe ya Manchester City yatangaje ko ikintu cyamugoye kurusha ibindi kuva yagera mu Bwongereza ari uguhangamura ikipe ya Manchester United yari yarigaruriye Ubwongereza mu myaka 20...
Umutoza Jose Mourinho w’ikipe ya Manchester United yituye hasi ubwo yari ageze ku kibuga cya Wembley agiye kureba umukino Espagne yatsinze Ubwongereza ibiteg...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Uyu munsi intsinzi ya Felix Tshisekedi mu matora ya perezida wa RDC niyo yiriwe ivugisha benshi aho ibihugu bikomeye ku isi birimo Ubwongereza,Ubufaransa,Ububiligi ndetse na Kiliziya Gatolika...
Uwahoze ari umukinnyi muri Premier League Peter Whittingham yapfuye kuri uyu wa Kane nyuma y’iminsi mike anyereye akagwa ku ngazi avuye kureba umukino wa Rugby wahuje Ubwongereza na Wales mu...
Ishusho ya Haile Selassie wabaye umwami w’abami (empereur/emperor) wa nyuma wa Ethiopia yabomowe aho yari iri mu gace ka Wimbledon mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’umurwa mukuru w’Ubwongereza,...
Startimes igorora abakiriya bayo bakunda ruhago kuko izabereka imikino ya ½ cy’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup kizahuriramo ibihangange muri iyi weekend nka Arsenal,Manchester United,Chelsea na...
Imfizi y’intama yo mu gihugu cy’Ubwongereza yaciye agahigo ko kuba intama ihenze kurusha izindi zose mu mateka ubwo yagurwaga akayabo k’ibihumbi 368,000 z’amapawundi angana na miliyoni 368,000...
U Burundi, u Rwanda na Leta zunze ubumwe z’Abarabu nabyo byongewe ku rutonde "rutukura" rw’ibihugu aho abagenzi babivuyemo cyangwa babiciyemo batemerewe kujya mu...
Muri iki cyumweru nibwo Leta y’Ubwongereza yafashe umwanzuro wo guhagarika ingamba za Guma mu rugo mu bantu bituma abashoboye banywa agasembuye karahava ariko guhera kuri uyu wa Gatanu byabaye...
Kuri uyu wa gatanu ubuyobozi bw’abafana ba Chelsea FC mu Rwanda bwamuritse ibikoresho bitandukanye bahawe n’iyi kipe yo mubwongereza murwego rwo kwereka abafana bayo baba mu Rwanda ko ibazirikana...
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe ya Manchester United n’Ubwongereza,Luke Shaw,yasabye uwahoze ari umutoza we Jose Mourinho kureka kumuhangayikira no kumunenga cyane nyuma y’iminsi...
Umusifuzi w’Umuholandi w’umukire cyane witwa Bjorn Kuipers niwe uzasifura umukino wa nyuma wa EURO 2020 uzahuza Ubwongereza n’Ubutaliyani ku Cyumweru ku kibuga...
Abafana b’Ubwongereza basanzwe bazwiho imyitwarire igayitse ku bibuga aho bamwe bakunda kunywa bagasinda,baraye mu nzoga ndetse baranazirirwamo mu rwego rwo kwitegura umukino wa nyuma wa Euro 2020...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Kane,ari hafi gusohoka mu ikipe ya Tottenham aho agiye kwerekeza muri Manchester City ishaka kumutangaho miliyoni 160 z’amapawundi ndetse ikajya...
Umugore yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusimbuza isura y’umugabo we iya Jack Grealish ukinira Aston Villa n’Ubwongereza ku mafoto yo ku munsi w’ubukwe...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko Amerika iri "ku muvuduko" wo kubahiriza itariki ntarengwa ya 31 y’uku kwezi kwa munani ngo ibe yarangije ibikorwa byo guhungisha, nubwo ibihugu by’inshuti zayo...
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Turdeau yamaze kugeramu Rwanda, aho aje mu nama ya #CHOGM2022 ikomeje kubera i Kigali.
Uyu n’undi munyacyubahiro ukomeye ugeze mu Rwanda,kuko ku mugoroba wo...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin atari kuba yarateye Ukraine iyo aza kuba ari umugore.
Johnson yavuze ko igitero cy’Uburusiya...
Inkubiri yo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza.