Uwicyeza Pamella bivugwa ko ari mu rukundo rw’ibanga na The Ben yongeye gusuka hanze amarangamutima ye ku munsi w’isabukuru y’uyu muhanzi ubwo yandikaga kuri Instagram amagambo y’urukundo yo...
Rutahizamu Edene Hazard ukinira ikipe ya Real Madrid wujuje imyaka 30 muri iki cyumweru,yavuze ko hari ibintu 3 gusa yakwifuza gukura ku bakinnyi b’ibyamamare babayeho barimo Lionel Messi,...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse kunengwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, hari ubutumwa yamugeneye naho kuri Pasteri Zigirinshuti ngo...
Umukinnyi w’ikipe ya AS Monaco,Cesc Fabregas yatangaje ko ari inshuti ikomeye y’umutoza Jose Mourinho bakoranye muri Chelsea ariko nta mubano uri hagati ye na Pep Guardiola bakoranye muri FC...
Umwe mu bakinnyi b’imikino ngororamubiri bamenyekanye cyane muri iyi myaka 20 ishize kubera ubuhanga yari afite mu kwirukanka metero 100 na 200,Usain Bolt yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga ubwo...
Ubucuti hagati y’umuhanzi wo muri Nigeria Fela Kuti na Thomas Sankara wari perezida wa Burkina Faso bugaragara nk’igitangaza ku bantu benshi cyane ko butavuzwe cyane, bamenywe igihe gito kandi nabo...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah ubu uyobora FERWACY yasabye abakunzi ba Rayon Sports guhuza imbaraga bakareka gutatana muri ibi bihe by’amakimbirane y’abayobozi bayo...
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli ,yahamagaye umuhanzi Diamond Platnumz imbere y’abantu benshi, akuramo ingofero yari yambaye arayimwambika hanyuma n’uyu muhanzi ayishyira mu kabati...
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania Harmonize, yatunguranye mu birori byo kwerekana abakinnyi b’ikipe ya Yanga Africa yo muri Tanzania izakoresha mu mwaka w’imikino utaha amanuka ku...
Umuraperi Cardi B yasabye abafana be kuzunguza ibibuno byabo bitonze bari kubyina indirimbo ye nshya yitwa “WAP”,yafatanyije na Megan Thee Stallion nyuma y’aho bamwe mu bafana be bakomeje kuvunika...
Bruce Melody yahakanye ibyo gusinyisha umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, byavugwagako nawe ari mu bahanzi bashya bagiye gufashwa n’itsinda rya Bruce Melody yise Igitangaza...
Mama Dangote, nyina w’umuhanzi wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz, byabaye ngombwa ko yisobanura nyuma yo kuvuga ko umuhungu wa Tanasha Donna, Naseeb Junior, ari Kichwa Kikubwa (Rutwe – afite...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois wamenyekanye nka Igisupusupu yabajijwe amakuru y’undi mu gore yacyuye ahitwa Kacyiru mu mujyi wa Kigali, ayahakana yivuye inyuma ko mu buzima bwe afite umugore umwe...
Umuhanzikazi Tanasha Donna wabyaranye na Diamond Platnumz yerekanye ifoto y’umwana we w’imfura Junior Naseeb yerekana ko amaze kuba mukuru maze ahita yiharira ibikorwaremezo bya murandasi...
Umuhanzi Justin Bieber wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika asubiza ikibazo yari abajijwe yasobanuye ko aramutse yongeye kuba umwana yakomera ku bumanzi bwe kugeza ashinze urugo anavuga ku mubano...
Umukinnyi wa Manchester United n’Ubufaransa Paul Pogba yatangaje ko mu bwana bwe atafanaga Manchester United akinira ubu ngubu ahubwo yakundaga Arsenal we n’abavandimwe be kubera ko yakinagamo...
Rutahizamu wa Mbere ku isi,Lionel Messi yatangaje ko ubwo yari atarubaka izina mu ikipe ya FC Barcelona ngo yatunguwe cyane no guhurira mu rwambariro na Thierry Henry waje muri iyi kipe amaze...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yabwiye igikomangoma cyo mu Bwongereza Harry n’umufasha we Meghan Markle ko bagomba kwikora ku mufuka, kugira ngo Leta zunze ubumwe za...
Tanasha Donna yasabye abakunzi be kwtitondera ibinyoma bikwirakwizwa kuri interineti
Nk’uko akomeza abivuga, ibintu byinshi bimuvugaho ni ibihuha
Nyina w’umwana umwe, abinyujije ku rubuga rwa...