Umusore w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Sheema mu gihugu cya Uganda arashinjwa kwica umufana wa Arsenal nyuma yo kutumvikana mu mukino ukomeye wa shampiyona y’u Bwongereza wahuje Arsenal na Man...
Mu ijoro ryo kuwa Gatanu w’icyumweru gishize,umuhanzikazi Zuchu yahagaritse kuririmba nyuma y’aho umufana utazwi yamuteye ibuye ari ku rubyiniro mu mujyi wa Mbeya,muri...
Rwarutabura umufana ukomeye wa Rayon Sports yahamije ko umugore we nawe ari umufana w’iyi kipe ngo nawe yambara ikariso y’ubururu n’umweru ngo bitagenze gutyo bahana...
Hagenimana Jean Paul uzwi muri muzika nka Bushali, umuhanzi wigaruriye imitima ya benshi mu njyana ya KinyaTrap, akomeje kwerekana ko ari mu byishimo bidasanzwe yatewe no kuba afite umwana. Nta...
Umutoza wa Crystal Palace, Patrick Vieira, yagiranye amakimbirane n’umufana ubwo yinjiraga mu kibuga nyuma yo gutsindwa gukomeye kw’ikipe ye muri Premier League na Everton.
Amashusho ya...
Umuvugizi wa Rayon Sports,Nkurunziza Jean Paul, yasabye abafana kudaca intege rutahizamu wayo Onana ndetse anenga cyane imyitwarire yo gutukana hagati ye n’umufana wamushotoye.
Mu kiganiro...
Umuririmbyi Ingabire Dorcas ufatanya n’umugabo we (Papi Clever) umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana binyuze mu ndirimbo, yagaragaje ko bimwe mu byo yakundiye Papi Clever harimo ko ari umuntu...
Nimbona Jean Pierre wamamaye nka Kidum muri muzika y’Afurika y’Uburasirazuba, yagize agahinda gakomeye ubwo yacurangira umufana we urembeye mu bitaro mu Mujyi wa Nairobi kuwa 3 Gashyantare 2017....
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania uzwi ku izina rya Vanessa Mdee yavuzeko abahanzi Nyarwanda azi cyane ari The Ben ndetse n’umuhanzikazi Butera Knowless.
Ibi akaba Vanessa Mdee abitangaje...
Nyuma y’aho ikipe ya AS Kigali imaze iminsi igura abakinnyi batandukanye,kuri ubu yamaze no kwerekeza mu bafana aho yatangiriye kuri Ngenzahimana Bosco uzwi cyane ku izina rya Rwarutabura, wari...
Nyuma y’ibihe byiza umuhanzi Diamond Platnumz n’umugore we Zari bamazemo iminsi i London mu Bwongereza, kuri ubu Zari yibasiye bikomeye umufana we washakaga kumuteranya na Diamond avuga ko uyu...
Umufana w’ikipe ya Hertha Berlin yo mu Budage yafashwe amashusho ari kwikinishiriza mu ruhame mu mukino ikipe ye yahuragamo na Schalke 04 muri shampiyona y’Ubudage Bundesliga.
Abashinzwe...
Umukinnyi N’Golo Kante ukundwa na benshi kubera ukuntu yicisha bugufi kandi ari umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu bakina hagati,yatunguye umukwe n’umugeni bari imbere y’abantu mu bukwe bwabo...
Miss Ingabire Grace w’imyaka 25 y’amavuko wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka 2021 ,yatangaje ko akunda umuhanzi Bruce Melodie ndetse ko ari umuhanga mubihangano bye...
Umufana wa West ham yacitse urutoki rwe kubera impanuka iteye ubwoba yahuye nayo ubwo yari kuri stade areba umukino wa Europa League iyi kipe yakinaga na Genk.
Amashusho yagaragaye yerekanye...
Umunyamakuru wa NBS TV Rukh-Shana Namuyimba yashyingiranwe ku mugaragaro n’umukunzi we Felix Kitaka nyuma y’uko avuze ko amaze imyaka 10 ari umufana we w’imena.
Amakuru avuga ko mbere yuko bombi...
Umuhanzi Ruger wo mu gihugu cya Nigeria uherutse gutaramira i Kigali, umufana w’umukobwa yamufashe ku myanya y’ibanga, uyu musore byahise bimutera umujinya ava kuri stage adasoje kuririmba....
DJ Brianne yashyikirijwe imodoka yahawe nk’impano n’umukunzi we uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba ari na we wari wagize uruhare mu igurwa ry’iyo yari asanzwe...
Nyuma yo kumuha ibyishimo bisendereye, umufana wa Liverpool yishushanyijeho Klopp ku kuguru ndetse kuri uyu wa Gatatu uyu mutoza yasinye kuri iyo shusho ye uyu mufana yishyizeho.
Jurgen Klopp...
Umuhanzikazi Uwayezu Ariel uzwi ku izina rya Ariel Wayz yahawe umwenda wa Rayon Sports na perezida wayo yemeza ku mugaragaro ko ari umufana wayo.
Uyu muhanzi uri mu bagezweho mu Rwanda...
Lionel Messi wamaze kugera Miami muri Leta zunze ubumwe za Amerika yasomwe n’umufana ku munwa ubwo yavaga muri resitora arikumwe n’umugore we ndetse n’abana.
Guhera kuwa wa Mbere w’iki Cyumweru...
Umufana w’imbere mu ikipe ya Tottenham Hotspurs, Michael Voller,abafana ba Tottenham bamwitiranyije n’uwa Chelsea baramwadukira barakubita akomeretswa mu maso hafi yo kwicwa.
Abaganga bari...
Justin Bieber agiye kujyanwa mu nkiko n’umufana yakubise ingumi ku munwa akamuvisha amaraso. Icyo gihe yari i Barcelona aho yakoreye igitaramo mu ijoro ryo kuwa 22 Ugushyingo 2016.
’Purpose Tour’...
Niyonzima Pacifique, wari umufana w’ ikipe ya APR FC, yarohamye mu kiyaga cya Kivu ubwo yari yagiye I Rubavu gushyigikira APR mu mukino wayihuje na Rayon Sports ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli...