Umusore wo mu gihugu cya Kenya w’umukirisitu yasezeranye imbere y’Imana n’umukobwa bakundanaga w’umuhunde,ubukwe bwabo bubera mu mujyi wa Mombasa muri Kenya.
Ubukwe bw’aba bombi bwatangaje isi yose...
Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yogeje ndetse asoma ibirenge by’imfungwa zahoze mu mitwe w’abagizi ba nabi bafungiwe ibyaha bikomeye ubwo yari muhango umenyerewe muri...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black uri mu myiteguro y’ubukwe n’umukunzi mushya Uwase Liliane, yamaze gutangaza ko yicuza igihe cyose yamaranye n’umugore wa mbere ntasezerano....
Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda ryasohoye itangazo rigaragaza ko batemera ibyakozwe n’uwasezeranyije Umutare Gaby n’umukunzi we baherutse kurushinga.
Ibi bitangajwe nyuma...
Umugore witwa Teresa Carey wo mu gihugu cy’u Bwongereza yatanze ubuhamya bukora ku mitima ya benshi nyuma yo kuvuga uburyo yaryamanye n’abagore bagenzi be basaga 100 ndetse akaba yaranamenyekanye...
Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gutikirira mu impanuka y’indege yaguye mu misozi ya Colombia, akaza kurokoka ari umwe yasanganywe Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi...
Umuririmbyi umaze gushinga imizi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bizimana Patient, atangaza ko kuri we atari ngombwa guhabwa umugabane ku maturo mu gihe cyose adakora akazi gahorora mu...
Bamwe mu badepite bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bakoze umushinga w’itegeko, aho kuvuga ko Yezu Kirisitu yishwe n’Abayahudi bizaba bigize icyaha cyo kwanga no kwibasira...
Umugabo w’itwa Mana François Xavier n’umugore witwa Uwambayeneza Marie Claire bashakanye umwe aretse ubupadiri n’undi aretse ububikira.Ubu bombi basegera kuri Kiliziya gatolika paruwasi ya Christ...
Mu muhango wo kwibuka no gushyira indabo kumva ya Brigadier Pierio Okoya n’umugore Mama Anna Okoya bapfuye mu 1970 bazize Politiki, umukuru w’igihugu cya Uganda yatangaje ko bagomba kubaka ishuri...
Mu itsinda ryashinzwe n’abagore bivugwa ko batunze agatubutse “Kigali Boss Babes” , biravugwa ko ryatangiye gucikamo ibice ndetse Isimbi Vestine uzwi nka Isimbi Model wari umwe mu barigize yamaze...
Ni mu mafoto yashyizwe hanze n’umuhanzi w’imideli Mowalola Ogunlesi usanzwe akorana n’umuraperi Kanye West Ye mu guhanga imyambaro n’inkweto by’uruganda rwe Yeezy.
Muri aya mafoto yavugishije...
Islael Mbonyi waraye akoze igiaramo cyahembuye imitima ya benshi yahishuye uko yakiriye agakiza,agira inama urubyiruko rubona ko kwakira agakiza ari inzira yo kubabuza kwishima ababwira ko ntaho...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 29 Kanama 2022, habaye isengesho ryo gusabira Nkusi Thomas (Yanga) uherutse kwitaba Imana ryabereye muri New Life Bible Church.
Iri sengesho ryitabiriwe...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Kanama 2022 habaye umuhango wo kwibuka ibigwi no gusezera mu cyubahiro umuhanzi Yvan Buravan witabye Imana kuwa 17 Kanama 2022 azize kanseri aho yari arwariye mu...
Umukinnyi wo hagati wo muri Ghana,Thomas Partey yakoze impinduka zikomeye mu buzima bwe,ubwo yahinduraga idini akava mu bakiristo akerekeza mu idini ya Islam.
Thomas Partey n’umwe mu bakinnyi...
Ku wa kane, tariki ya 12 Gicurasi, abapolisi bavuze ko abanyeshuri b’abayisilamu bo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nijeriya bateye amabuye umunyeshuri w’umukirisitu hanyuma batwika...
Pasiteri mu itorero Carval Temple, muri imwe mu misingi yaryo mu Karere ka Nyagatare, yanze gusezeranya abageni habura umunsi umwe ngo ubukwe bube, ku mpamvu...
Umuturage witwa Kayitare Charles w’imyaka 55 y’amavuko yasanzwe mu mugozi mu gikoni cy’iwe, bikaba bikekwa ko yiyahuye akoresheje umugozi.
Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Nzeli 2021,...