Perezida wa Zimbabwe,Emerson Mnangagwa yavuze ko yababajwe n’amahano y’abashinzwe umutekano bagaragaye muri Video yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga bari gukubita umugabo ukiri muto,asaba ko...
Ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango ntabwo buvuga rumwe n’ abaturage ku mvano y’ urupfu rwa Matabaro Faustin wo mu murenge wa Kinazi bivugwa ko yapfuye nyuma yo gukubitwa n’ umupolisi witwa Shumbusho...
Rwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo...
Umugenzi wari mu modoka yavaga mu karere ka Karongi yerekeza mu mujyi wa Kigali yatanze amakuru y’umusore wari utwaye urumogi, bituma afatwa na Polisi yo muri ako...
Mu myizerere ya kirisitu abantu bakunze kuvuga ko Yesu Kirisitu yabiyeretse bamwe bakavuga ko bamubonye mu gicu abandi mu mukororombya gusa umugore wo mu gihugu cya Nigeria we afite ibuye ry’...
Umugabo wo mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Rugese, Umurenge wa Rurenge, Akarere ka Ngoma, akekwaho kuvuga amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, akajya no kugura umuhoro yavugaga ko...
Umubyeyi witwa Uwitonze Devotha utuye mu kagari ka Gasagara umurenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara, arwariye mu bitaro bya Gakoma aho avuga ko yakubiswe n’umuyobozi w’umurenge ubwo ngo bari...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu 11 Ugushyingo 2017, Ntawubizera Celestin w’imyaka 44 y’amavuko yasanzwe mu ipironi y’umuriro w’amashanyarazi yapfuye. Ubuyobozi burakeka ko yiyahuye....
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gahara mu karere ka Kirehe baratabaza inzego zisumbuyeho ngo zikurikirane ruswa yiganje mu itangwa ry’inka muri gahunda ya “Girinka” igaragara cyane mu nzego...
Muhirwa Theogene w’imyaka 37 y’amavuko afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndego nyuma yo gufatanwa umufuka w’urumogi urimo ibiro 12 iwe mu nzu mu rukerera rwo ku italiki ya 13 Kanama .
Ibi...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 kanama 2017, abaturage bo mu gace ka Batsinda mu murenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo, babyukiye mu myigaragambyo bafunga imihanda kubera mugenzi wa bo bavuga ko...
Abasirikare bato barimo uwitwa Pte Nshimyumukiza Jean Pierre na Pte Ishimwe Claude, bakurikiranyweho kwica Ntivuguruzwa Aimé Ivan, wari utuye i Gikondo mu karere ka Kicukiro imbere y’urukiko...
Kalisa Aimé mukuru wa Nyakwigendera Ntivuguruzwa Aimé
Umuvandimwe wa Ntivuguruzwa Aimé Yvan warasiwe I Gikondo mu karere ka Kicukiro ntiyemeranya n’ imvugo irimo gukoreshwa mu rubanza ruregwamo...
Mu Karere ka Ruhango mu murenge wa Mwembo abarimo SEDO na DASSO, batawe muri yombi bakekwaho kwakira ruswa y’ibihumbi 50 Frw bivugwa ko yari agamije gufunguza umuturage wafungiwe gukubita umugore...
Inzego zishinzwe imicungire y’ubutaka zavuze ko mu kwezi kwa 12 uyu mwaka hazatangira gutangwa ibyangombwa by’ubutaka mu buryo bw’ikoranabuhanga binyuze ku rubuga Irembo nk’uko na serivisi...
Mu ijoro ryakeye abajura babiri bagiye kwiba ihene mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, batema abanyerondo bari batabaye umwe muri bo arirukanka ari gucika yitura...
Abajura bane bitwaje imipanga bateye umuturage wo mu murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge,aratabaza niko kumukomeretsa ndetse batema umwe banyerondo bari baje...