Umuhanzikazi Rita Ora yagaragaye ari gusomwa ibirenge n’umukunzi we witwa Andrew Watt ndetse amwe mu muri aya mafoto yamugaragaje yifashe ku myanya y’ibanga.
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Umugore n’umugabo we bari basohokeye ku mucanga wo muri Portugal,bashatse kwifata selfie bari kumwe bahagaze ku rukuta rurerure rwo kuri uyu mucanga barahanuka bikubita hasi bahita...
Umugabo witwa David Clark w’imyaka 49,yishe umugore we amuhoye ko yahoraga amutuka ko afite igitsina gito ndetse atamuryohereza iyo bari gukora imibonano...
Rutahizamu Harry Kane uri kuririrmbwa n’Abongereza benshi ndetse na bamwe mu bakunzi ba ruhago kubera ibyo aherutse gukorera Tunisia mu gikombe cy’isi yatangaje ko yifuza guhangana na Cristiano...
Umwamikazi w’u Bwongereza, Elisabeth, abayeho mu buryo bwihariye butandukanye n’ubw’ibindi bihangange ku isi kuva mu bikari by’ingoro ya cyami kugeza aho ahurira na...
Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi,...
Maria Obama , umukobwa wa Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaye mu mujyi wa Londres mu Bwongereza arimo gutemberana n’ umukunzi we Rory...
Umunyamideli akaba n’umukinnyi wa Filimi ukomoka mu Bwongereza, Elizabeth Hurley, yatunguye benshi ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye ubusa ari koga muri pisine yo mu...
Karen White niyo mazina umugobo witwa Stephen Wood yihaye nyuma y’ uko atangaje ko asigaye yiyumva nk’ umukobwa ndetse afite gahunda yo kugana abaganga bakamuhindurira...
Umugore witwa Emma Higginson w’imyaka 35 ukomoka mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo umugizi wa nabi witwa Marshall yamusangaga muri Hoteli yari acumbitsemo muri Turkia amusaba ko baryamana...
Umunyamideli w’Umurusiya witwa Anna Shapiro w’imyaka 30 yatangaje ko perezida w’igihugu cye Vladimir Putin yagerageje kumwica we n’umugabo we akoresheje uburozi bwica imbeba (sumu ya panya),Imana...
Kuri iyi si hari aho watemberera ukahakura ihungabana, ku bakunda gutembera, hagaragajwe zimwe muri hotel ziteye ubwoba kurusha izindi aho umuntu aburirwa kwirinda, ubishaka ariko ukahajya...
Ba mukerarugendo bo mu Bwongereza bari mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko bakoze amahano ku wa mbere w’iki cyumweru nyuma yo kunywa inzoga nyinshi bagasinda aho bakuyemo imyenda batangira...
Umutoza wa Manchester United akomeje gushwana n’abakinnyi ba Manchester United kuko kuri iyi nshuro yashwanye n’umusore Marcus Rashford bapfa ko atakoze ibyo yamubwiye mu mukino wabahuje na Young...
Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham,Harry Kane, aba mu nzu y’akataraboneka akodesha akayabo ka miliyoni zisaga 15 z’amafaranga y’u Rwanda ku cyumweru kimwe kigizwe n’iminsi 7...
Rutahizamu wa Arsenal,Danny Welbeck,waraye avunikiye bikomeye mu mukino iyi kipe yanganyijemo 0-0 na Sporting CP,yakwirakwiye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru kubera amafoto...
Umutoza Karekezi Olivier wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports yamaze gutanga urwandiko rusaba akazi mu ikipe y’ubukombe mu gihugu cya Kenya Gor Mahia iherutse gutandukana n’umutoza wayo Dylan...