Gukererwa amarushanwa ndetse no kutagaragara mu byiciro by’ irushanwa birimo kutiyerekana mu mwambaro uranga buri gihugu biri mu byatumye aamahirwe ye yo kwambika ikamba rya Miss Earth...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...
Umurwa mukuru Paris w’Ubufaransa ni wo mujyi wahize iyindi mu kugora abantu bawusohokeramo ugereranyije n’indi ku isi gusa wagonganye kuri uyu mwanya na Hong Kong na Singapour mu bushakashatsi...
Perezida wa USA,Donald Trump yapfobeje bikomeye ibitwaro byakangaranyije isi Koreya ya ruguru iherutse kugerageza,avuga ko ari udusasu dutoya tudakanganye.
Abanyamakuru b’imikino bo muri Amerika y’Amajyepfo bibasiye cyane kubera ko atagikunda kugaragara mu batsinda ibitego mu ikipe ya Argentina mu mikino ya Copa America 2019 aho bavuze ko icyo afasha...
Umukobwa witwa Hollie Funke Hersey w’imyaka 22,wigeze gutorerwa kuba Miss Ireland yatangaje ko umugabo witwa Manuel Munares yamukorakoye ku maguru no ku nda yarangiza akamubwira ngo “ibi bikwiriye...
Perezida Evo Morales wa Bolivia yeguye ku butegetsi yari amazeho imyaka 14 kubera imyigaragambyo ishingiye ku kongera gutorwa kwe mu kwezi gushize nyuma yo kuvugurura itegeko...
Bolivia ni igihugu kibarizwa muri Amerika yamajyepfo mu gice cyo hagati,ni igihugu cyitaruye kurusha ibindi muri icyo gice.Ikikijwe n’ibihugu bitanu:Chili, Peru, Argentina, Paraguay na Brazil....
Umunyarwandakazi Miss Nimwiza Meghan wahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2019, ntiyabonetse mu bakobwa 40 bagize amahirwe yo kwitwara neza mu cyiciro kizwi nka “top...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
Myugariro Thiago Silva uherutse kwerekeza mu ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko kuva yayigeramo asigaye ahorana umutwe udakira nyuma y’imikino kubera guhora ahangana no kwambura imipira ku mitwe aba...
Leta y’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko kubuza abagenzi bavuye mu Rwanda kujya mu Bwongereza ari umwanzuro "udashingiye kuri siyansi".
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverinoma y’u...
Chanique Rebe wegukanye ikamba rya Miss Supranational 2021, ukomoka mu gihugu ya Namibia ,yabaye umukobwa wa mbere mu mateka ukomoka muri Afurika wegukanye iri...
Miss Anitha wari uhagarariye u Rwanda muri Miss Supranational 2021 agataha amara masa , yavuze ko n’ubwo atabashije kwegukana ikamba ariko hari ibyo yize kandi igikomeye ari uko yamenyekanishije...
Uwankusi Nkusi Linda wamamaye rya Keza muri firime y’uruhererekane ya Bamenya ari guhatanira ikamba rya miss Miss Jungle International rizaba muri Gashyantare muri 2022 rizabera mu gihugu cya...
Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2021, ntabwo yahiriwe no kwinjira mu cyiciro cya nyuma abikesha ikizami bakoze cya ‘Head to Head challenge’, kuko mu itsinda rye...
Lionel Messi yavuze ko azasuzuma ibyerekeye ejo hazaza he mu ikipe y’igihugu mu mpera z’uyu mwaka ariko akavuga ko bishoboka ko ’ibintu byinshi bizahinduka’ nyuma y’igikombe cy’isi kizabera muri...
Urutonde rwakozwe na Banki y’Iyi rwashyize u Rwanda ku mwanya wa cyenda mu bihugu 10 bifite ibiciro by’ibiribwa byatumbagiye kurusha ahandi ku Isi.
Banki y’Isi yatangaje ko ibiciro by’ibiribwa...