Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama kugeza kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2022, ibice bimwe by’Umujyi wa Kigali bizaba bidafite...
Abayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Uturere tuwugize bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo kubasangiza gahunda Umujyi wa Kigali ufite z’iterambere no kuzafatanya nabo mu kuzigeza ku baturage....
Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda, witwa Mugiraneza Wellars alias CACANA, wari utuye mu kagari ka Gasoro mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, bikekwa ko yirashe...
Umugabo witwa Sibobugingo Athanase wari ucumbitse mu Mudugudu wa Giheke,Akagari ka Wimana mu Murenge wa Giheke mu Karere ka Rusizi yamize inyama imuheza umwuha iramuhitana.
Nkuko bitangazwa na...
Polisi y’u Rwanda,Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, inzego z’ubutegetsi bw’ibanze, hamwe n’Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG) nizo nzego za Leta za leta zirangwamo ruswa cyane, nk’uko...
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Abaturage bo mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi bugarijwe n’ uburwayi bwa korera bivugwa ko bwavuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo.
Umuganda rusange, aba baturage...
Mu gihe abaturage bo mu karere ka Nyanza bashishikarizwa kwita ku isuku n’isukura ndetse no kubungabunga amazi, hari bamwe batuye mu murenge wa Nyamukungo bavuga ko bahangayikishijwe no kutagira...
Inteko Rusange ya Sena yafashe umwanzuro wo gutumiza Minisitiri w’Intebe kugira ngo azatange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukemura ibibazo biri mu Midugudu y’icyitegererezo n’indi Leta...
Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda (TI-RW), bwagaragaje ko mu 2020, ruswa mu nzego z’ibanze yikubye inshuro hafi ebyiri ugereranyije...
Kuri uyu wa 14 Nzeli, I Musanze ku kicaro cy’intara y’Amajyaruguru habereye umuhango w’ihererekanya bubasha ku muyobozi w’intara(Guverineri) mushya Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari...
Abaturage bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Huye baravuga ko bafite ikibazo cyo kuvoma amazi y’ibirohwa nyuma y’uko imiyoboro y’amazi meza bavomaga yangijwe ubwo hakorwaga imihanda yo mu midugudu...
Umuyobozi wa Transparency International/Rwanda, Ingabire Marie Immaculée,yababajwe cyane no kuba hazamuwe ibiciro bya pasiporo ku bantu basanzwe ntibizamurwe ku banyacyubahiro kandi aribo baba...
Leta y’ u Rwanda yatangaje ko mu myaka 15 ishize imaze gutakariza icyizere Abakozi bagera 1 800 bayikoreraga ikabashyira ku rutonde rw’abadashobora kongera guhabwa akazi mu nzego za yo...