Umuyobozi w’akarere ka Kitwe muri Zambia witwa Christopher Kang’ombe yahagaritswe burundu mu kazi ka Leta azira ko yanze gusuhuza umufasha wa perezida w’iki gihugu bahuriye mu rusengero rw’aho...
Polisi mu gihugu cya Zambia yataye muri yombi bamwe mu bayobozi b’amatsinda ya WhatsApp bazira kurenga kuri zimwe mu ngingo zigize igitabo cy’amategeko ahana muri iki gihugu, harimo gusebanya,...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri iki Cyumweru tariki 18 Gashyantare 2018 imodoka zari zimucukingiye umutekano zakoze impanuka bamwe barakomereka ariko we ntacyo yabaye.
Iyi...
News coming in from Lusaka, Zambia’s Capital indicate how a leading university ordered its female students to stop visiting the library ‘half naked’ reasoning that this does little in helping the...
Umugabo w’imyaka 45 witwa Dany Chungu ukomoka ahitwa Mindolo mu mujyi wa Kitwe wa 3 mu bunini muri Zambia,yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore we wa kabiri bashyingiranywe ahita...
Myugariro Faustin Usengimana yateye umugongo Rayon Sports asinya imyaka ibiri muri Police FC nyuma yo kurangiza amasezerano mu ikipe ya Buildcon yo mu gihugu cya Zambia...
Umupolisikazi wo mu gihugu cya Zambia yasabye gatanya n’umugabo we mu rukiko kubera ko atajya yemera ko batera akabariro keretse igihe yambaye imyenda y’akazi...
Ku cyumweru gishize,umugabo witwa Leonard Mwale w’imyaka 62 ukomoka ahitwa Kalingalinga mu gihugu cya Zambia yakoze agashya asanga pasiteri w’abangilikani ari kubwiriza kuri Alitari niko...
Mu gihugu cya Zambia haravugwa inkuru y’Umuforomokazi wafashwe ku ngufu muri iki cyumweru na mugenzi we bari mu bitaro byigenga bakoramo byitwa Carewell Private Clinic biherereye ahitwa...
Ifoto@Internet
Umugabo w’imyaka 45 witwa Dany Chungu ukomoka ahitwa Mindolo mu mujyi wa Kitwe wa 3 mu bunini muri Zambia,yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore we wa kabiri...
Mu gihugu cya Zambia mu gace kitwa Ndola,abantu bitwikiriye ijoro bajya gutaburura umurambo w’umuntu washyinguwe mu mwaka wa 2012 barangije barawutwara.
Umupasiteri w’imyaka 29 wo mu itorero rya Zion Apostolic Church ryo mu karere ka Chembe mu ntara ya Luapula muri Zambia,yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 amubeshye...
Umunyarwanda ukinira ikipe ya Kabwe Warriors yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa yasezeranye mu idini ya Islam na Rosalyn Dos Santos, umunya-Portugal usanzwe ari umuganga.
Uyu muhango abayisilamu...