skol
Kigali

Search: Zambia (547)

Umuzamu Bashunga Abouba watandukanye na Rayon Sports yasinyiye ikipe yo hanze y’u Rwanda yamuhaye akayabo...

Umuzamu Bashunga Abouba umaze iminsi atandukanye na Rayon Sports, yamaze kwerekeza muri Buildcon FC yo muri Zambia ikinamo myugariro Faustin Usengimana.
29 July 2019 1665 0

Meya yahuye n’uruva gusenya azira kwanga gusuhuza umugore wa perezida mu rusengero

Umuyobozi w’akarere ka Kitwe muri Zambia witwa Christopher Kang’ombe yahagaritswe burundu mu kazi ka Leta azira ko yanze gusuhuza umufasha wa perezida w’iki gihugu bahuriye mu rusengero rw’aho...
28 February 2020 16383 0

Polisi yataye muri yombi bamwe mu bayobozi b’amatsinda ’Groups’ yo kuri Whatsapp

Polisi mu gihugu cya Zambia yataye muri yombi bamwe mu bayobozi b’amatsinda ya WhatsApp bazira kurenga kuri zimwe mu ngingo zigize igitabo cy’amategeko ahana muri iki gihugu, harimo gusebanya,...
20 March 2020 19040 0

Umugore yapfiriye mu cyumba kwa padiri mu gihe yari yabeshye umugabo we ko yagiye gushyingura[AMAFOTO]

Mu gihugu cya Zambia haravugwa inkuru y’umugore witwa Monicah Mutale Mulenga w’imyaka 42, usanzwe afite umugabo witwa Owen Mulenga, wapfiriye ku rusengero mu cyumba cya padiri witwa Abel Mwelwa,...
7 May 2020 30095 0

’Micho’ Sredojevic watoje Amavubi yajyanwe mu nkiko ashinjwa gufata ku ngufu umugore

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Zambia Milutin ’Micho’ Sredojevic yahakanye ibirego byo gufata umugore ku ngufu muri Afurika y’epfo.
12 December 2020 1169 0

#AFCON2023: Maroc yafashije Cote d’Ivoire kugera muri 1/8 ihasanga Senegal [Tombola]

Ikipe ya Cote d’Ivoire yabonye itike ya 1/8 cy’irangiza, nyuma y’aho Maroc itsinze Zambia igitego 1-0 mu itsinda F.
25 January 2024 1878 0

Kabila yarokotse indi mpamunuka gihe kitageze ku cyumweru

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri iki Cyumweru tariki 18 Gashyantare 2018 imodoka zari zimucukingiye umutekano zakoze impanuka bamwe barakomereka ariko we ntacyo yabaye. Iyi...
19 February 2018 3504 0

University orders female students to stop wearing mini skirts to the library

News coming in from Lusaka, Zambia’s Capital indicate how a leading university ordered its female students to stop visiting the library ‘half naked’ reasoning that this does little in helping the...
9 May 2018 369 0

Kaminuza yashyizeho amande ku bakobwa biyambika amajipo magufi

Kaminuza ya Lusaka muri Zambia yabujije abanyeshuri bayo kwambara amajipo magufi mu gihe bagiye gusoma ibitabo ndetse hashyirwaho amande azajya acibwa n’ umukobwa warenze ku itegekoangana na ama...
9 May 2018 1923 0

BIRATANGAJE!Yatse gatanya atandukana n’umugore bamaranye imyaka 15 babyaranye n’abana 4 akora ubukwe n’umugorwe w’imyaka...

Umugabo witwa Cosmas Chileshe w’imyaka 41 y’amvuko wo mugihugu cya Zambia yakoze ubukwe n’umugore w’imyaka 53 y’amavuko mu birori byabereye mu mujyi wa Lusaka.
23 June 2018 5446 0

Zimbabwe: Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi

Uwunganira mu mategeko Tendai Biti, umwe mu bayobozi bakuru b’urugaga rw’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe yibumbiye mu ishyaka MDC rivuga ko rigamije impinduka ziciye muri...
8 August 2018 991 0

Allioni na Bruce Melody bashinjwa gushishura indirimbo y’abandi bemeye icyaha banasaba imbabazi

Ubuyobozi bwa Decent Entertainment busanzwe bufasha umuhanzikazi Allioni bwasabye imbabazi abanyarwanda bose ndetse n’abandi babajwe n’indirimbo ‘Tuza’ yashishuwe iy’umuhanzi T-sean ukorera umuziki we...
26 October 2018 1300 0

Umugore yafashe umugabo ari gusambanira n’undi mugore muri Hoteli abatwara imyenda bagenda bambaye...

Umugabo w’umucuruzi ukomeye witwa Gilbert Kanyenga w’ahitwa Kalingalinga muri Zambia yafashwe n’umugore we ari gusambanira n’undi mugore witwa Melody Mbewe muri Guest House yitwa Mayela y’ahitwa...
16 April 2019 8687 0

Umwana witwa Maradona yababaje benshi kubera uburwayi bwe bwo kubyimba inda cyane yaburiye umuganga...

Umwana w’imyaka 2 witwa Maradona ukomoka muri Zambia,afite uburwayi bwabereye abaganga urujijo bwo kubyimba inda ndetse muri iki gihugu babuburiye umuti bituma ababyeyi be bahitamo kubiharira...
2 July 2019 3639 0

Umu Slay Queen ukomeye yashyingiranywe n’umugabo umurusha imyaka 30 [AMAFOTO]

Umukobwa w’ikimero wirirwaga ashyira ku karubanda amafoto akurura abagabo mu gihugu cya Zambia witwa Choolwe Makayi w’imyaka 22,yavuzwe cyane mu binyamakuru byo muri Afurika kubera ukuntu...
10 July 2019 5452 0

Umugabo yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore wa kabiri bashyingiranwe

Umugabo w’imyaka 45 witwa Dany Chungu ukomoka ahitwa Mindolo mu mujyi wa Kitwe wa 3 mu bunini muri Zambia,yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore we wa kabiri bashyingiranywe ahita...
12 August 2019 6145 0

Umugore yatawe muri yombi azira gukurura umugabo we igitsina agata ubwenge

Polisi yo mu gace kitwa Kapiri Mposhi mu gihugu cya Zambia yataye muri yombi umugore w’imyaka 19 witwa Mulenga Chanda wakuruye igitsina cy’umugabo we John Mwale, w’imyaka 51, kugeza ubwo ataye...
23 January 2020 8136 0

Ibihuha byavugaga ko hari Abashinwa 18 birukanwe ku butaka bw’U Rwanda byanyomojwe

Ibinyamakuru byo muri Zambia byakwirakwije amakuru y’ibihuha avuga ko Perezida Kagame yirukanye Abashinwa 18 abaziza guhohotera abanyarwanda ibintu byamaganwe n’ibihugu byombi mu butumwa bwashyizwe...
2 June 2020 1995 0

Myugariro Usengimana Faustin yasinyiye Police FC yamuguze akayabo

Myugariro Faustin Usengimana yateye umugongo Rayon Sports asinya imyaka ibiri muri Police FC nyuma yo kurangiza amasezerano mu ikipe ya Buildcon yo mu gihugu cya Zambia...
2 July 2020 1796 0

Eric yiyiciye umugore we nyuma yo kunywa umuti wongera agatege mu gikorwa cyo gutera akabariro

Eric Katinala, umugabo w’imyaka 34 y’amavuko ukomoka mu gace ka Kasama muri Zambia, yaguze umuti wongera agatege mu gikorwa cyo gutera akabariro bituma yiyicira umugore, Martha...
15 August 2020 14568 0

Umuhanzikazi yasimbutse ku igorofa rya 2 ry’inyubako ubwo yarimo guhunga umukunzi we washakaga kumwica

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Zambia ariko wabaga mu Budage witwa Cassy Nyemba yavunitse imbavu,umugongo n’ibindi bice by’umubiri bitandukanye ubwo yahungaga umukunzi we babanaga washakaga...
15 August 2020 7515 0

Umugabo yatwaye umugore w’umushinwa wanze kumuhembera igihe bavuganye

Umugabo wo muri Zambia yaciye ibintu ubwo yashimutaga umugore w’umushinwa nyuma y’aho uyu mukoresha we yanze kumuhembera umushahara we ku gihe.
23 August 2020 18975 0

Umupolisikazi yasabye gatanya kubera umugabo we wemera ko batera akabariro iyo yambaye imyenda y’akazi...

Umupolisikazi wo mu gihugu cya Zambia yasabye gatanya n’umugabo we mu rukiko kubera ko atajya yemera ko batera akabariro keretse igihe yambaye imyenda y’akazi...
3 September 2020 30442 0

Umugabo yakubitiye pasiteri w’Abangilikani mu iteraniro amuziza ikintu gitangaje

Ku cyumweru gishize,umugabo witwa Leonard Mwale w’imyaka 62 ukomoka ahitwa Kalingalinga mu gihugu cya Zambia yakoze agashya asanga pasiteri w’abangilikani ari kubwiriza kuri Alitari niko...
24 November 2020 7183 0

Umuforomokazi yafashwe ku ngufu n’umuganga mugenzi we bari mu kazi ku bitaro

Mu gihugu cya Zambia haravugwa inkuru y’Umuforomokazi wafashwe ku ngufu muri iki cyumweru na mugenzi we bari mu bitaro byigenga bakoramo byitwa Carewell Private Clinic biherereye ahitwa...
3 December 2020 13837 0

Umugabo yaguwe gitumo ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore we wa 2

Ifoto@Internet Umugabo w’imyaka 45 witwa Dany Chungu ukomoka ahitwa Mindolo mu mujyi wa Kitwe wa 3 mu bunini muri Zambia,yafashwe ari gusambanyiriza mu modoka umukobwa w’umugore we wa kabiri...
15 December 2020 6987 0

Babyutse basanga umurambo bashyinguye 2012 wataburuwe

Mu gihugu cya Zambia mu gace kitwa Ndola,abantu bitwikiriye ijoro bajya gutaburura umurambo w’umuntu washyinguwe mu mwaka wa 2012 barangije barawutwara.
20 December 2020 3549 0

Umugore yakubise itafari mu myanya y’ibanga y’umugabo we bimuviramo urupfu

Umugabo w’imyaka 37 witwa Julius Mwila ukomoka ahitwa Chitulika mu gihugu cya Zambia yishwe n’umugore we Salome Mwila w’imyaka 25 wamukubise itafari rihiye mu myanya...
21 January 2021 3983 0

Umupasiteri yafunzwe azira gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 17 yasengeraga

Umupasiteri w’imyaka 29 wo mu itorero rya Zion Apostolic Church ryo mu karere ka Chembe mu ntara ya Luapula muri Zambia,yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 amubeshye...
7 April 2021 2045 0

Umukinnyi Nizeyima Mirafa yakoze ubukwe n’umunya Portugal [AMAFOTO]

Umunyarwanda ukinira ikipe ya Kabwe Warriors yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa yasezeranye mu idini ya Islam na Rosalyn Dos Santos, umunya-Portugal usanzwe ari umuganga. Uyu muhango abayisilamu...
1 March 2022 1639 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 540